Ibyishimo byajemo amarira! Benshi bashatse kureba Perezida Kagame baravunika bahanutse ku igorofa
Abantu 12 nibo bamaze kumenyekanye ko bavunikiye mu mubyigano ubwo bashakaga kureba Perezida Kagame aho yarageze Nyabugogo avuye i Rubavu gusura abaturage bagizweho ingaruka y’ibiza.
Ubwo umukuru w’igihugu yageraga mu gace ka Nyabugogo ahagana ni mugoroba yasohotse ashaka gusuhuza abaturage, benshi bari bamwishimiye kongera kumubona ariko kubera umubyigano washakaga kumureba haje kuvamo abakometse bahanutse ku igorofa.
Itangazo ry’Umujyi wa Kigali rigira riti “Umujyi wa Kigali wamenye inkuru ibabaje y’abaturage bakoze impanuka ubwo bahanukaga mu igorofa kubera umubyigano mu gihe bishimiraga kureba Umukuru w’Igihugu, watambukaga asuhuza abaturage mu gace ka Nyabugogo, mu Karere ka Nyarugenge.
Muri iyi mpanuka hakomeretse abantu 12 barimo abagore bane, n’abagabo umunani. Babiri bararembye cyane, bakaba barimo kwitabwaho mu Bitaro bya CHUK, Umujyi wa Kigali ukaba ukomeza kubakurikiranira hafi.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…