IMYIDAGADURO

Rihanna yongeye kurikoroza asangiza amafoto ye akuriwe inda y’umwana wa kabiri-AMAFOTO

Rihanna ukuriwe yasangije amafoto abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze kuva yatwita akaba yitegura kubyara umwana wa kabiri n’umuraperi A $ AP Rocky.

Mu mafoto yashyize hanze amugaragaza yambaye ibisa ntaho ari ntabyo nyuma yuko afotowe yifashe ku mabere gusa ndetse n’akenda k’imbere.

Yagaragaye kandi yambaye imikufi ihenze irimo impeta ya Zahabu, urunigi rw’ifeza, n’ibikomo bikiyongeraho n’amaherena hamwe n’inkweto ndende zizwi zikozwe mu ruhu rw’inyamaswa nka High heels.

Mu magambo yanditse, uyu muhanzikazi yagize ati “Dore urukurikirane ruto nise ‘Rub on ya titties’. Mu rwego rwo kubahiriza inda yanjye bwa mbere, kwiberaho nk’umubyeyi nka g, no guhinduka ku mubiri wanjye! Umwana RZA … we araho ngaho ntaragira ibyo yambara nk’uko mama we ameze, cyangwa uko yagakwiriye kumera mu kundema.”

Rihanna na A $ AP Rocky kuri ubu bategereje umwana wabo wa kabiri; gusa bombi birinze gutangaza igihe umwana azavukiraho.

Rihanna w’imyaka 35 yibarutse umwana we w’imfura y’umuhungu yise Noah Mayers n’umuraperi A $ AP Rocky tariki 13 Gicurasi 2022.

AMAFOTO:

Christian

Recent Posts

U Rwanda rwafatiwe ibihano n’ikindi gihugu gikomeye ku Isi

Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…

2 hours ago

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

23 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

23 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

24 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

24 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago