IMYIDAGADURO

Rihanna yongeye kurikoroza asangiza amafoto ye akuriwe inda y’umwana wa kabiri-AMAFOTO

Rihanna ukuriwe yasangije amafoto abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze kuva yatwita akaba yitegura kubyara umwana wa kabiri n’umuraperi A $ AP Rocky.

Advertisements

Mu mafoto yashyize hanze amugaragaza yambaye ibisa ntaho ari ntabyo nyuma yuko afotowe yifashe ku mabere gusa ndetse n’akenda k’imbere.

Yagaragaye kandi yambaye imikufi ihenze irimo impeta ya Zahabu, urunigi rw’ifeza, n’ibikomo bikiyongeraho n’amaherena hamwe n’inkweto ndende zizwi zikozwe mu ruhu rw’inyamaswa nka High heels.

Mu magambo yanditse, uyu muhanzikazi yagize ati “Dore urukurikirane ruto nise ‘Rub on ya titties’. Mu rwego rwo kubahiriza inda yanjye bwa mbere, kwiberaho nk’umubyeyi nka g, no guhinduka ku mubiri wanjye! Umwana RZA … we araho ngaho ntaragira ibyo yambara nk’uko mama we ameze, cyangwa uko yagakwiriye kumera mu kundema.”

Rihanna na A $ AP Rocky kuri ubu bategereje umwana wabo wa kabiri; gusa bombi birinze gutangaza igihe umwana azavukiraho.

Rihanna w’imyaka 35 yibarutse umwana we w’imfura y’umuhungu yise Noah Mayers n’umuraperi A $ AP Rocky tariki 13 Gicurasi 2022.

AMAFOTO:

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago