Boris Johnson wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza n’umugore we Carrie Johnson baritegura kubyarana umwana wa gatatu.
Carrie w’imyaka 35 y’amavuko niwe watangaje iyi nkuru nziza abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram kuri uyu wa gatanu tariki 19 Gicurasi.
Uyu mugore yishimiye ko uyu muryango witeguye kwakira uyu mwana mu kwezi gutaha.
Ku ifoto yashyizeho arikumwe n’umwana we Wilf w’imyaka itatu na Romy w’umwaka umwe yavuze ko undi bamwiteguye kumwakira mu byumweru bike biri mbere.
‘Nagize ukunanirwa cyane mu mezi umunani ashize ariko sinjye uzarota mbonye uyu mwana muto’.
Wilf yishimiye kandi kuba agiye kuba mukuru w’undi ndetse yagiye abigaragaza ibyo ubudahagarara. Ntutekereza ko Romy afite ibimenyetso by’ibigiye kuzaba… azabihishura vuba.”
Boris Johnson na Carrie Johnson bafitanye abana babiri-Wilfred wavutse muri Mata 2020 na Romy wavutse mu Ukuboza 2021.
Bombi bashakanye muri Gicurasi 2021.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…