MU MAHANGA

Uwabaye Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza, Boris Johnson n’umugore we Carrie baritegura kwibaruka umwana wa gatatu

Boris Johnson wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza n’umugore we Carrie Johnson baritegura kubyarana umwana wa gatatu.

Advertisements

Carrie w’imyaka 35 y’amavuko niwe watangaje iyi nkuru nziza abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram kuri uyu wa gatanu tariki 19 Gicurasi.

Uyu mugore yishimiye ko uyu muryango witeguye kwakira uyu mwana mu kwezi gutaha.

Ku ifoto yashyizeho arikumwe n’umwana we Wilf w’imyaka itatu na Romy w’umwaka umwe yavuze ko undi bamwiteguye kumwakira mu byumweru bike biri mbere.

‘Nagize ukunanirwa cyane mu mezi umunani ashize ariko sinjye uzarota mbonye uyu mwana muto’.

Wilf yishimiye kandi kuba agiye kuba mukuru w’undi ndetse yagiye abigaragaza ibyo ubudahagarara. Ntutekereza ko Romy afite ibimenyetso by’ibigiye kuzaba… azabihishura vuba.”

Boris Johnson na Carrie Johnson bafitanye abana babiri-Wilfred wavutse muri Mata 2020 na Romy wavutse mu Ukuboza 2021.

Bombi bashakanye muri Gicurasi 2021.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago