IMYIDAGADURO

Davido yahishuye ikintu gikomeye ku mugore we Chioma

Icyamamare mu muziki David Adeleke wamamaye nka Davido yavuze ko gushaka umugore we Chioma aricyo cyemezo cyiza yafashe kuri we.

Aba bombi bakundanye bakaba baherutse no kwemeranya kubana nk’umugabo n’umugore mu mezi make yatambutse nyuma y’urupu rw’umwana wabo w’umuhungu Ifeanyi.

Davido yabivuze mu kiganiro aherutse kugirira kuri Radio ya Beat ivugira ku murongo wa 105.3 FM, i Atlanta, we ubwe yishimye ngo ubuhanga bwa Chioma.

“Jye n’umugore wanjye (Chioma) twakuriye hamwe tujya ku ishuri hamwe. Twahuriye ku ishuri. Dukoresha uburyo bwose bwo kumenyana cyane. Akomeza ku mba hafi cyanjye.” Ibi yabivuze ubwo yakirwaga n’uwamubazaga ibyerekeye n’ibyishimo bye.

Davido avuga ko yabanye n’umugore we Chioma mbere yo kumenyana bihagije

Yakomeje avuga ati “Ukwiriye kubana burya n’umuntu ugusobanukiwe neza, njye n’umugore wanjye turi intungane pe, kandi ntakintu gikomeye yakoze… biratangaje, gusa n’ibimurimo.”

Yavuze kandi ahishura ko yamenyanye na Chioma mu myaka 20 yashize.

Yongeyeho ati “Umwaka wa mbere mu mashuri ya kaminuza, nahiye nawe, ni umwe mu mwanzuro mwiza nigeze gufata kuri njye. Narimuzi mu myaka 20 yaritambutse kandi ashobora guteka.”

Christian

Recent Posts

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

9 hours ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

11 hours ago

Amerika yagabanyije inkunga yahaga Afurika y’Epfo

Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…

1 day ago

U Burundi bwavuze ko ntaho buhuriye n’igitero cyagabwe i Bukavu

Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…

1 day ago

Umutoza Jose Mourinho yahawe ibihano

José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…

1 day ago

Agezweho: Inama yariteraniye i Bukavu haturikiye igisasu, Bisimwa atangaza ababyihishe inyuma

Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…

2 days ago