IMYIDAGADURO

Davido yahishuye ikintu gikomeye ku mugore we Chioma

Icyamamare mu muziki David Adeleke wamamaye nka Davido yavuze ko gushaka umugore we Chioma aricyo cyemezo cyiza yafashe kuri we.

Advertisements

Aba bombi bakundanye bakaba baherutse no kwemeranya kubana nk’umugabo n’umugore mu mezi make yatambutse nyuma y’urupu rw’umwana wabo w’umuhungu Ifeanyi.

Davido yabivuze mu kiganiro aherutse kugirira kuri Radio ya Beat ivugira ku murongo wa 105.3 FM, i Atlanta, we ubwe yishimye ngo ubuhanga bwa Chioma.

“Jye n’umugore wanjye (Chioma) twakuriye hamwe tujya ku ishuri hamwe. Twahuriye ku ishuri. Dukoresha uburyo bwose bwo kumenyana cyane. Akomeza ku mba hafi cyanjye.” Ibi yabivuze ubwo yakirwaga n’uwamubazaga ibyerekeye n’ibyishimo bye.

Davido avuga ko yabanye n’umugore we Chioma mbere yo kumenyana bihagije

Yakomeje avuga ati “Ukwiriye kubana burya n’umuntu ugusobanukiwe neza, njye n’umugore wanjye turi intungane pe, kandi ntakintu gikomeye yakoze… biratangaje, gusa n’ibimurimo.”

Yavuze kandi ahishura ko yamenyanye na Chioma mu myaka 20 yashize.

Yongeyeho ati “Umwaka wa mbere mu mashuri ya kaminuza, nahiye nawe, ni umwe mu mwanzuro mwiza nigeze gufata kuri njye. Narimuzi mu myaka 20 yaritambutse kandi ashobora guteka.”

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago