Icyamamare mu muziki David Adeleke wamamaye nka Davido yavuze ko gushaka umugore we Chioma aricyo cyemezo cyiza yafashe kuri we.
Aba bombi bakundanye bakaba baherutse no kwemeranya kubana nk’umugabo n’umugore mu mezi make yatambutse nyuma y’urupu rw’umwana wabo w’umuhungu Ifeanyi.
Davido yabivuze mu kiganiro aherutse kugirira kuri Radio ya Beat ivugira ku murongo wa 105.3 FM, i Atlanta, we ubwe yishimye ngo ubuhanga bwa Chioma.
“Jye n’umugore wanjye (Chioma) twakuriye hamwe tujya ku ishuri hamwe. Twahuriye ku ishuri. Dukoresha uburyo bwose bwo kumenyana cyane. Akomeza ku mba hafi cyanjye.” Ibi yabivuze ubwo yakirwaga n’uwamubazaga ibyerekeye n’ibyishimo bye.
Yakomeje avuga ati “Ukwiriye kubana burya n’umuntu ugusobanukiwe neza, njye n’umugore wanjye turi intungane pe, kandi ntakintu gikomeye yakoze… biratangaje, gusa n’ibimurimo.”
Yavuze kandi ahishura ko yamenyanye na Chioma mu myaka 20 yashize.
Yongeyeho ati “Umwaka wa mbere mu mashuri ya kaminuza, nahiye nawe, ni umwe mu mwanzuro mwiza nigeze gufata kuri njye. Narimuzi mu myaka 20 yaritambutse kandi ashobora guteka.”
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…