Umuhanzikazi Zuchu wo muri Tanzania yagize icyo avuga ku mukunzi we Diamond Platnumz wagaragaye yishimana bikomeye mu rukundo n’umuhanzikazi ukomoka muri Ghana Francine Koffie uzwi nka Fantana muri filime y’uruhererekane ya Young, Famous & African (YFA) itambutswa kuri Netflix.
Ni amashusho y’umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara asomana umunwa kuwundi bya nyabyo na Fantana.
Diamond Platnumz utaripfana yagaragaye mu gace ko muri ayo mashusho y’iyo filime yumvikana yigamba kuba ariwe uzi gusomana neza kugeza aho basomanye bikomeye iminwa ku yindi n’uwo muririmbyi wo muri Ghana.
Diamond agira ati “Natekereje ko nari mwiza mu gusomana cyane kugezaho nsomye Fantana, uyu munyemari washinze WASAFI yigamba avuga ko Fantana atamusomye ahubwo yamuriye iminwa.
Zuchu yagaragaje umujinya w’umuranduranzuzi atukana nyuma y’uko mubyara wa Diamond Platnumz akaba n’umuvangamuziki we Romy Jones yaramubajije nimba yarebye filime ya YFA igice cya kabiri, Zuchu nawe asubiza Romy amutuma amutuka igitutsi tutashatse gushyira mu nkuru.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…