Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yemeje ko Stade Mpuzamahanga ya Huye yemewe kwakira imikino itegurwa na CAF.
FERWAFA yavuze yishimiye kumenyesha Abanyarwanda ko Stade ya Huye yemewe kwakira imikino y’igikombe cy’Afurika (CAN).
Ni mugihe ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika CAF ikoze igenzura igasanga iki kibuga cyujuje ibisabwa ku buryo cyakinirwaho imikino itegurwa n’iri shyirahamwe.
Stade Mpuzamahanga ya Huye iherereye mu Karere ka Huye isanzwe yakira abantu ibihumbi 10 bicaye neza.
Iyi stade ikaba yitegura kwakira imikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika, aho tariki 18 Kamena 2023 Amavubi azakira ikipe ya Mozambique mu mukino wo kwishyura.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…