Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yemeje ko Stade Mpuzamahanga ya Huye yemewe kwakira imikino itegurwa na CAF.
FERWAFA yavuze yishimiye kumenyesha Abanyarwanda ko Stade ya Huye yemewe kwakira imikino y’igikombe cy’Afurika (CAN).
Ni mugihe ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika CAF ikoze igenzura igasanga iki kibuga cyujuje ibisabwa ku buryo cyakinirwaho imikino itegurwa n’iri shyirahamwe.
Stade Mpuzamahanga ya Huye iherereye mu Karere ka Huye isanzwe yakira abantu ibihumbi 10 bicaye neza.
Iyi stade ikaba yitegura kwakira imikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika, aho tariki 18 Kamena 2023 Amavubi azakira ikipe ya Mozambique mu mukino wo kwishyura.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…