IMIKINO

Stade ya Huye yemerewe kwakira imikino ya CAN

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yemeje ko Stade Mpuzamahanga ya Huye yemewe kwakira imikino itegurwa na CAF.

Advertisements

FERWAFA yavuze yishimiye kumenyesha Abanyarwanda ko Stade ya Huye yemewe kwakira imikino y’igikombe cy’Afurika (CAN).

Ni mugihe ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika CAF ikoze igenzura igasanga iki kibuga cyujuje ibisabwa ku buryo cyakinirwaho imikino itegurwa n’iri shyirahamwe.

Stade Mpuzamahanga ya Huye iherereye mu Karere ka Huye isanzwe yakira abantu ibihumbi 10 bicaye neza.

Iyi stade ikaba yitegura kwakira imikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika, aho tariki 18 Kamena 2023 Amavubi azakira ikipe ya Mozambique mu mukino wo kwishyura.

Stade ya Huye iherutse kuvugururwa yemerewe kwakira imikino ya CAN

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago