Nk’uko Daily Monitor yabivuze ngo uyu mugabo wahawe amazina ya Benjamin Akampa a.k.a Kyojo, akaba umuturage wo mu gace ka Kitojo Central, mu cyaro cya Buyanja, ari we wapfiririye muri kasho yo ku biro bya Polisi bya mu buryo budasobanutse.
Umuvugizi wa Polisi mu gace ka Kigezi, Mr Elly Maate, avuga ko uyu ukwekwa yaba yarakubiswe na bagenzi be mbere y’uko afungwa, akaba aribyo byamuteye gupfa ageze kuri polisi.
Maate yongeyeho ko impamvu bamukubise ari uko yari yanze kubarangira aho televiziyo iherereye, ngo nibwo bamujyanye kuri polisi ya Buyanja ngo afungwe. Yongeraho kandi ko amakuru ava mu bo bari bafunganywe, avuga ko mbere yo gupfa yabanje kuribwa mu gifu, bikekwa ko byaba byaraterwaga n’inzoga yari yanyoye.
Umubiri we wajyanywe mu buruhukiro bw’ibitaro by’ahitwa Rwakabengo ngo harebwe neza icyo yaba yazize. Abandi bane bo bakomeje gufungwa mu gihe iperereza rigikomeje.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…