MU MAHANGA

Uganda: Yapfiriye muri gereza ya Polisi yari imukurikiranyeho ubujura

Nk’uko Daily Monitor yabivuze ngo uyu mugabo wahawe amazina ya Benjamin Akampa a.k.a Kyojo, akaba umuturage wo mu gace ka Kitojo Central, mu cyaro cya Buyanja, ari we wapfiririye muri kasho yo ku biro bya Polisi bya mu buryo budasobanutse.

Advertisements

Umuvugizi wa Polisi mu gace ka Kigezi, Mr Elly Maate, avuga ko uyu ukwekwa yaba yarakubiswe na bagenzi be mbere y’uko afungwa, akaba aribyo byamuteye gupfa ageze kuri polisi.

Maate yongeyeho ko impamvu bamukubise ari uko yari yanze kubarangira aho televiziyo iherereye, ngo nibwo bamujyanye kuri polisi ya Buyanja ngo afungwe. Yongeraho kandi ko amakuru ava mu bo bari bafunganywe, avuga ko mbere yo gupfa yabanje kuribwa mu gifu, bikekwa ko byaba byaraterwaga n’inzoga yari yanyoye.

Umubiri we wajyanywe mu buruhukiro bw’ibitaro by’ahitwa Rwakabengo ngo harebwe neza icyo yaba yazize. Abandi bane bo bakomeje gufungwa mu gihe iperereza rigikomeje.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago