Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Nigeria Temmiw Ovwasa avuga ko nta gihe na kimwe yigeze akorana imibonano mpuzabitsina akuruwe n’igitsina gabo.
Temmie udakunda guhishira ko ari mu baryamana bahuye ibitsina, ibyo yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’uwahoze ari icyamamare BB Naija, Doyin.
Aha Doyin yari abajije Temmie icyo yavuga kubyerekeye n’igitsina cye gishidikanywaho. Asubiza, Temmie yagize ati “Ndi umutiganyi. Ibyo bivuze ko ntakundwa n’abagabo na gato, sinigeze n’umva nakururwa n’igitsina gabo icyo aricyo cyose. Siniyumvisha nanjye uko byaba bimeze.”
Uyu muhanzikazi ubarizwa mu nzu ya YBNL y’umuraperi Olamide yakomeje avuga yagiye ashaka uko yabirwanya ariko bikamwangira.
Ati “Kuba uba uri mu baryamana bahuje ibitsina, ni ibiba bikurimo, ntabwo wabihindura, nagiye mu bihe bikomeye ntabara nshaka kubirwanya mbere y’imyaka 18. Ibyo rero n’ibidashoboka ko wabihindura. Ushobora kugira uko uvuga imibonano mpuzabitsina yawe ariko ubeshya kandi ubizi neza uko biri. Umuntu wese aba yaragize icyiciro aho yabikoze mbere yo kuva muri ibyo. Ni ikubona umukunzi kugira ngo wirinde ibibazo by’abantu, ibintu nk’ibyo ariko iyo uri umutinganyi uba uri umutinganyi.”
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…