IMYIDAGADURO

Itsinda rya Ghetto Kids ryongeye gukora amateka muri Britain’s Got Talent

Itsinda rigizwe n’abana bo muri Uganda rizwi ku izina rya “Ghetto Kids” ryaraye rikoze amateka inshuro ya kabiri muro Britain’s Got Talent 2023 nyuma yo kubyina bakigarurira imitima y’abagize Akanampa Nkemurampaka n’abafana.

Advertisements

Ghetto Kids bari bashyigikiwe mu buryo bukomeye, ku buryo ibihumbi by’abafana bavugije akaruru k’ibyishimo nyuma y’uko batangajwe kuri ‘final’ ya Britain’s Got Talent 2023.

Itsinda rya Ghetto Kids ry’abana babyina bakomoka muri Uganda bakomeje gukora amateka mu irushanwa rya Britain’s Got Talent

Travis yasigaye ahaganye na Harry bitegura kuvamo umwe ugera mu cyiciro cya nyuma. Ni icyemezo cyagombaga gufatwa n’Akanama Nkemurampaka.

Bruno Tonioli na Alesha Dixon bagize Akanama Nkemurampaka bahisemo ko Travis ariwe ujya mu cyiciro cya nyuma n’aho Amanda Holden na Simon n’abo bagize Akanama Nkemurampaka bahitamo ko Harry ariwe ujya mu cyiciro cya nyuma.

Ibi byatumye hitabazwa amajwi y’abafana, maze Ant na Dec bari bayoboye agace k’iri rushanwa, batangaza ko abafana bahisemo ko Travis ariwe ukomeza mu cyiciro cya nyuma.

Uyu munyamuziki yaranzwe n’amarangamutima menshi apfukama hasi ashimira abafana bamushyigikiye. Ati “Murakoze cyane ku bwo gutuma nongera kwigirira icyizerere.”

Muri iri rushanwa, Ghetto Kids yemeje abafana binyuze mu ndirimbo babyinnye bakigwizaho igikundiro.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago