Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari mu banyacyubahiro bitabiriye ibirori by’ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania Al Hussein bin Abdallah na Raja Al-Saif.
Ni umuhango wabaye kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa kane, tariki 1 Kamena 2023 mu gihugu Jordania mu Mujyi wa Amman.
Ni ibirori kandi byabimburiwe no gusezerana imbere y’amategeko mu ngoro ya Zahran hakurikiraho igikorwa cyo kwakira abitabiriye ibirori bikaba byabereye mu ngoro ya Al Hussein.
Ibiro by’ubukwe bw’iki gikomangoma byitabiriwe n’abamwe mu bantu bakomeye barimo n’igikomangoma cya Wales Williams hamwe na mushiki we Kate bakomoka mu muryango w’Ubwami bw’Ubwongereza.
N’ibirori kandi byitabiriwe n’umugore wa Perezida wa Amerika Jill Biden wari wabukereye arikumwe n’umukobwa we Ashley Biden.
Abahagarariye ibihugu byabo n’inshuti z’umuryango ni bamwe mu benshi bitabiriye ubukwe bw’iki gikomangoma bwitabiriwe n’abantu mbarwa.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…