INKURU ZIDASANZWE

Amashusho ya Perezida wa Amerika Joe Biden yitura hasi akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

Perezida wa Amerika Joe Biden w’imyaka 80 y’amavuko yituye hasi ubwo yari mu muhango wo gushimira abarangije amasomo y’igisirikare kirwanira mu kirere.

Advertisements

Amashusho ye asa n’usitara akomeje kugarukwaho na benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga kuko benshi batunguwe no kubona umukuru w’Igihugu gikomeye nka Amerika yitura hasi kandi akenshi aba yateguriwe aho ari.

Umuhango wo gushimira abarangije amasomo y’igisirikare kirwanira mu kirere wabaye kuri uyu wa Kane tariki 1 Kamena 2023, muri leta ya Colorado ubwo yaramaze gushimira abo banyeshuri bagera kuri 921 no kugeza ijambo kubari bateraniye aho. 

Biden yaramaz umwanaya munini atembera muri abo banyeshuri ndetse ari nako abakora mu kiganza.

Gusa ubwo yaramaze gusoza icyo gikorwa nibwo Biden yahise atera intambwe nkugiye kwicara ahita asitara agwa hasi gusa abashinzwe umutekano we bahise bahagoboka baramuhagurutsa.

Nyuma gusa akimara kwicara byagaragaye ko ntakibazo yagize.

Yaje kwicara ubona ntakibazo afite

Umuyobozi ushinzwe Itumanaho muri White House, Ben LaBolt abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yasobanuye ko habayeho amakosa y’urubyuniro rwari ruriho umukuru w’Igihugu kuko hariho igisa n’umusenyi watumye anyerera.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago