Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yahagarariye Perezida mu nama idasanzwe ibera muri Angola
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente wageze muri Angola kuva ku mugoroba wo ku wa Gatanu, yahagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu nama idasanzwe.
Nk’uko kuri Twitter y’ibiro bya Minisitiri w’Intebe rubivuga ati “Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yageze i Luanda, muri Angola aho yitabiriye Inama ya 10 idasanzwe ya ICGLR iteganyijwe ejo, ku wa Gatandatu, tariki ya 03 Kamena 2023.”
Iyi nama yitezwemo kugaragaramo abandi bakuru b’ibihubu n’abahagarariye guverinoma biri mu muryango wa ICGLR iteganyijwe ikaza kubera i Luanda.
Ni ku nshuro ya 10 iyi nama ira ibaye.
Byitezwe ko abitabira iyi nama baganira ku ngingo zitandukanye, zirimo amahoro, umutekano ndetse n’iterambere mu karere k’ibiyaga bigari.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…