Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yahagarariye Perezida mu nama idasanzwe ibera muri Angola
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente wageze muri Angola kuva ku mugoroba wo ku wa Gatanu, yahagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu nama idasanzwe.
Nk’uko kuri Twitter y’ibiro bya Minisitiri w’Intebe rubivuga ati “Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yageze i Luanda, muri Angola aho yitabiriye Inama ya 10 idasanzwe ya ICGLR iteganyijwe ejo, ku wa Gatandatu, tariki ya 03 Kamena 2023.”
Iyi nama yitezwemo kugaragaramo abandi bakuru b’ibihubu n’abahagarariye guverinoma biri mu muryango wa ICGLR iteganyijwe ikaza kubera i Luanda.
Ni ku nshuro ya 10 iyi nama ira ibaye.
Byitezwe ko abitabira iyi nama baganira ku ngingo zitandukanye, zirimo amahoro, umutekano ndetse n’iterambere mu karere k’ibiyaga bigari.
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…
Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…