MU MAHANGA

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yahagarariye Perezida mu nama idasanzwe ibera muri Angola

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente wageze muri Angola kuva ku mugoroba wo ku wa Gatanu, yahagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu nama idasanzwe.

Advertisements

Nk’uko kuri Twitter y’ibiro bya Minisitiri w’Intebe rubivuga ati “Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yageze i Luanda, muri Angola aho yitabiriye Inama ya 10 idasanzwe ya ICGLR iteganyijwe ejo, ku wa Gatandatu, tariki ya 03 Kamena 2023.”

Iyi nama yitezwemo kugaragaramo abandi bakuru b’ibihubu n’abahagarariye guverinoma biri mu muryango wa ICGLR iteganyijwe ikaza kubera i Luanda.

Ni ku nshuro ya 10 iyi nama ira ibaye.

Byitezwe ko abitabira iyi nama baganira ku ngingo zitandukanye, zirimo amahoro, umutekano ndetse n’iterambere mu karere k’ibiyaga bigari.

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yahagarariye Perezida mu nama idasanzwe ibera muri Angola

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago