Abana bakinira irerero ryigisha umupira w’amaguru rya PSG mu Rwanda begukanye igikombe cy’Isi batsinze Brezil mu batarengeje imyaka 13.
Ni irushanwa ritegurwa n’ikipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa mu bakiri bato, aho u Rwanda rwegukanye igikombe rutsinze ikipe ya Brezil y’abatarengeje imyaka 13.
Umukino wari warangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1 hiyambazwa penaliti zaje guterwa neza ku ruhande rw’u Rwanda rugatsinda 4 kuri 3.
Uyu mukino wabereye kuri Stade ya Parc de Prince mu Mujyi wa Paris mu gihugu cy’Ubufaransa.
Mu mwaka washize abana batarengeje imyaka 13 bari begukanye n’ubundi iki gikombe cy’Isi gitegurwa na PSG.
Umwaka 2022, ikipe y’abana batarengeje imyaka 13 bari begukanye iki gikombe n’ubundi.
Mu nshuro zirindwi aya marushanwa ateguwe na PSG, u Rwanda ruyitabiriye inshuro ya kane rukaba rumaze kucyegukana inshuro ebyiri mu bana baterengeje imyaka 13.
Ni mugihe barumuna babo batarengeje imyaka 11 nabo begukanye iki gikombe cy’Isi ku nshuro ya mbere.
Ikipe y'u Rwanda irakina na Senegal, mu mukino wa mbere wo gushaka itike y'igikombe cy'Afurika…
Ku wa Kane tariki 20 Gashyantare 2025, Amerika yemeje ko yafatiye Gen (Rtd) James Kabarebe…
Nyuma y'uko Col. Michel Rukunda waruzwi nka Makanika wagiye aharanira uburenganzira bw'Abanyamulenge yishwe n'igisirikare cya…
Kuri uyu wa Kane tariki 20 Gashyantare 2025, nibwo Musengamana Béatha wamamaye mu ndirimbo ‘Azabatsinda…
Col Michel Rukunda uzwi nka Makanika wari uyoboye umutwe wa Twirwaneho yishwe n'igisirikare cya Repubulika…
Vaticani iri gutegura umuhango wo gusezera kuri Papa Francis nyuma y’uko bivugwa ko ubuzima bwe…