IMIKINO

U Rwanda rwegukanye Igikombe cy’Isi cy’Amarerero ya PSG ku nshuro ya kabiri rutsinze Brezil

Abana bakinira irerero ryigisha umupira w’amaguru rya PSG mu Rwanda begukanye igikombe cy’Isi batsinze Brezil mu batarengeje imyaka 13.

Advertisements

Ni irushanwa ritegurwa n’ikipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa mu bakiri bato, aho u Rwanda rwegukanye igikombe rutsinze ikipe ya Brezil y’abatarengeje imyaka 13.

Umukino wari warangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1 hiyambazwa penaliti zaje guterwa neza ku ruhande rw’u Rwanda rugatsinda 4 kuri 3.

Uyu mukino wabereye kuri Stade ya Parc de Prince mu Mujyi wa Paris mu gihugu cy’Ubufaransa.

Mu mwaka washize abana batarengeje imyaka 13 bari begukanye n’ubundi iki gikombe cy’Isi gitegurwa na PSG.

Umwaka 2022, ikipe y’abana batarengeje imyaka 13 bari begukanye iki gikombe n’ubundi.

Mu nshuro zirindwi aya marushanwa ateguwe na PSG, u Rwanda ruyitabiriye inshuro ya kane rukaba rumaze kucyegukana inshuro ebyiri mu bana baterengeje imyaka 13.

Ni mugihe barumuna babo batarengeje imyaka 11 nabo begukanye iki gikombe cy’Isi ku nshuro ya mbere.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago