Umugabo uzwi ku mazina ya Simon Nganji yapfuye nyuma y’iminsi mike ariwe n’imbwa ye aho yaratuye i Yaounde muri Cameroun.
Nk’uko amakuru abivuga ngo nyakwigendera warusanzwe akora mu biro bya Minisitiri w’Intebe ubwo yaratashye ku Cyumweru tariki 11 Kamena, iwe murugo yasagariwe n’imbwa yo mu bwoko bwa German shepherd (n’imbwa zituruka mu budage zigira amahane).
Imbwa yaje kumoka cyane ari nako imwegera nyuma yuko akinguriwe urugi rw’inzu y’uwo mugabo.
Ngo yaje kurwana niyo mbwa ariko imurusha imbaraga.
Gusa nyuma yuko babonye ko bikomeye mu rwego rwo kumukiza umurinzi w’umusirikare waho yahise arasa iyo mbwa.
Uwo mugabo yahise ajyanwa ku bitaro dore ko yarafite ibikomere ndetse anava amaraso menshi.
N’ubwo bivugwa ko yafashije mu buryo bwo kumukiza inkuru ibabaje yatashye mu gitondo cyo kuwa Kane tariki 15 Kamena, ko uwo mugabo byarangiye apfuye.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…