Umugabo uzwi ku mazina ya Simon Nganji yapfuye nyuma y’iminsi mike ariwe n’imbwa ye aho yaratuye i Yaounde muri Cameroun.
Nk’uko amakuru abivuga ngo nyakwigendera warusanzwe akora mu biro bya Minisitiri w’Intebe ubwo yaratashye ku Cyumweru tariki 11 Kamena, iwe murugo yasagariwe n’imbwa yo mu bwoko bwa German shepherd (n’imbwa zituruka mu budage zigira amahane).
Imbwa yaje kumoka cyane ari nako imwegera nyuma yuko akinguriwe urugi rw’inzu y’uwo mugabo.
Ngo yaje kurwana niyo mbwa ariko imurusha imbaraga.
Gusa nyuma yuko babonye ko bikomeye mu rwego rwo kumukiza umurinzi w’umusirikare waho yahise arasa iyo mbwa.
Uwo mugabo yahise ajyanwa ku bitaro dore ko yarafite ibikomere ndetse anava amaraso menshi.
N’ubwo bivugwa ko yafashije mu buryo bwo kumukiza inkuru ibabaje yatashye mu gitondo cyo kuwa Kane tariki 15 Kamena, ko uwo mugabo byarangiye apfuye.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…