Amanda Ava Koci wamamaye mu muziki nka Ava Max yakubiswe urushyi n’umufana ubwo yari ku rubyiniro.
Uyu muhanzikazi w’imyaka 29 y’amavuko ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika yakubiswe urushyi n’umufana.
Ibi bibaye nyuma y’irindi sanganya ry’umufana uherutse guterera telefone ngendanwa mu maso umuhanzikazi Bebe Rexha.
Ku mugoroba wo kuwa kabiri, ubwo uyu muhanzikazi yarimo akora igitaramo mu Mujyi wa Los Angeles, ari ku rubyiniro yatunguwe no kubona umufana amusanze ku rubyiniro amukubita urushyi mu gice cy’umutwe.
Ava wagaragaje ko ntakibazo yagize yihagararaho kugeza ubwo abarindaga muri icyo gitaramo baje bagakura uwo mufana aho, uyu muhanzikazi yatunguranye avuga uburyo yakomerekejwe ijisho rye.
TMZ ivuga ko uyu mufana kugeza kuri utaratabwa muri yombi ngo yakoze ibyo atabigambiriye ahubwo yashakaga kujya kumwiyegereza bisanzwe, ibintu nabyo ngo ubusanzwe bitari byemewe.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…