IMYIDAGADURO

Umuhanzikazi Ava Max yakubitiwe urushyi ku rubyiniro

Amanda Ava Koci wamamaye mu muziki nka Ava Max yakubiswe urushyi n’umufana ubwo yari ku rubyiniro.

Advertisements

Uyu muhanzikazi w’imyaka 29 y’amavuko ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika yakubiswe urushyi n’umufana.

Ibi bibaye nyuma y’irindi sanganya ry’umufana uherutse guterera telefone ngendanwa mu maso umuhanzikazi Bebe Rexha.

Ku mugoroba wo kuwa kabiri, ubwo uyu muhanzikazi yarimo akora igitaramo mu Mujyi wa Los Angeles, ari ku rubyiniro yatunguwe no kubona umufana amusanze ku rubyiniro amukubita urushyi mu gice cy’umutwe.

Ava wagaragaje ko ntakibazo yagize yihagararaho kugeza ubwo abarindaga muri icyo gitaramo baje bagakura uwo mufana aho, uyu muhanzikazi yatunguranye avuga uburyo yakomerekejwe ijisho rye.

TMZ ivuga ko uyu mufana kugeza kuri utaratabwa muri yombi ngo yakoze ibyo atabigambiriye ahubwo yashakaga kujya kumwiyegereza bisanzwe, ibintu nabyo ngo ubusanzwe bitari byemewe.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago