Uwayezu François Regis wigeze kuba Umunyamabanga mukuru wa FERWAFA yagizwe Vice Chairman wa APR FC.
Ni umwanya asimbuyeho Brig Gen Bayingana Firmin woherejwe mu zindi nshingano kuva umwaka ushize wa 2022.
Lt Col Richard Karasira ni we Chairman mushya wa APR FC asimbuye kuri uyu mwanya Umugaba Mukuru w’Ingabo, Lt Gen Mubarakh Muganga, wari uwumazeho imyaka itatu.
Uwayezu François Regis yabaye umunyamabanga mukuru wa FERWAFA mu myaka 3, umwanya yeguyeho umwaka 2021 ku mpamvu ze bwite.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…