Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeriya, Burna Boy yatsindiye igihembo cy’Umuhanzi Mpuzamahanga wahize abandi (Best International Act) mu bihembo byatanzwe na BET mu mwaka 2023.
N’ibihembo Damini Ogulu Odgwu wamamaye nka Burna Boy yegukanye yarahanganyemo n’ibindi bihangange birimo Aya Nakamura, Ayra Starr, Central Cee, Ella Mai, K.O, L7nnon, Stormyz, Tiakola na Uncle Waffles.
N’ubwo atagaragaye muri ibyo birori byatangwaga mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 25 Kamena 2023, byatangirwaga muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Burna Boy asanzwe afite ibi bihembo yegukanye inshuro eshatu zikurikiranye, aho mu 2019, 2020 na 2021 yegukanye ibyo bihembo bya BET Awards.
Rutahizamu w’Umufaransa, Karim Benzema ukinira Al-Ittihad yo muri Arabie Saoudité, yavuze ko kimwe mu byatumye…
Umukozi wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko Trump yifuza ko Perezida…
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…