Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeriya, Burna Boy yatsindiye igihembo cy’Umuhanzi Mpuzamahanga wahize abandi (Best International Act) mu bihembo byatanzwe na BET mu mwaka 2023.
N’ibihembo Damini Ogulu Odgwu wamamaye nka Burna Boy yegukanye yarahanganyemo n’ibindi bihangange birimo Aya Nakamura, Ayra Starr, Central Cee, Ella Mai, K.O, L7nnon, Stormyz, Tiakola na Uncle Waffles.
N’ubwo atagaragaye muri ibyo birori byatangwaga mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 25 Kamena 2023, byatangirwaga muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Burna Boy asanzwe afite ibi bihembo yegukanye inshuro eshatu zikurikiranye, aho mu 2019, 2020 na 2021 yegukanye ibyo bihembo bya BET Awards.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…