Nyuma y’imyaka 15 bategereje urubyaro, umuryango w’umuvugabutumwa witwa Aniekan Essien ukomoka muri Nigeria bibarutse umwana wabo wa mbere.
Ku cyumweru, tariki ya 25 Kamena 2023, iyerekanwa ry’umwana byabereye ahitwa Akwa Ibom.
Umwe mu bari bayoboye uwo muhango niwe wasangije inkuru nziza abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram aho yanditse agira ati “Icyo Imana idashobora gukora n’ikidashoboka! Imyaka 15 yo kutagira umwana irarangiye. Imyaka 15 yo guhamagara mu gushima irarangiye. Imyaka 15 y’umubabaro no gutukwa irarangiye.”
“Ndasengera buri mugore cyangwa umugabo wizera Imana kubwubuhamya bw’uyu mwaka, IGIHE CYANYU N’IKI. Twishimiye ko tuzabyina namwe vuba. Turabishimiye Pasiteri na Madamu. Aniekan Essien, ”
Uyu muryango w’abavugabutumwa bivugwa ko wibarutse umwana w’umuhungu.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…