Nyuma y’imyaka 15 bategereje urubyaro, umuryango w’umuvugabutumwa witwa Aniekan Essien ukomoka muri Nigeria bibarutse umwana wabo wa mbere.
Ku cyumweru, tariki ya 25 Kamena 2023, iyerekanwa ry’umwana byabereye ahitwa Akwa Ibom.
Umwe mu bari bayoboye uwo muhango niwe wasangije inkuru nziza abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram aho yanditse agira ati “Icyo Imana idashobora gukora n’ikidashoboka! Imyaka 15 yo kutagira umwana irarangiye. Imyaka 15 yo guhamagara mu gushima irarangiye. Imyaka 15 y’umubabaro no gutukwa irarangiye.”
“Ndasengera buri mugore cyangwa umugabo wizera Imana kubwubuhamya bw’uyu mwaka, IGIHE CYANYU N’IKI. Twishimiye ko tuzabyina namwe vuba. Turabishimiye Pasiteri na Madamu. Aniekan Essien, ”
Uyu muryango w’abavugabutumwa bivugwa ko wibarutse umwana w’umuhungu.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…