Mu gihugu cya Nigeria haravugwa umugabo watawe muri yombi nyuma yo kugurisha umwana we w’umuhungu ibihumbi 400 by’ama Neira, amafaranga akoreshwa muri icyo gihugu.
Ubuyobozi bwa polisi ya Akwa Ibom mu gihugu cya Nigeria bwataye muri yombi umugabo witwa Gabriel Okon Ekpiri wo mu gace ka Ekit Itam Akpan Obong mu giturage cya Itu gaherereye mu ntara ya Akwa-Ibom azira kugurisha umwana we w’umuhungu w’imyaka icyenda kuma Naira 400.000.
Aya mafaranga angana n’ibihumbi 605294.49 y’u Rwanda ku isoko ry’ivunjisha.
Umuvugizi wa polisi y’igihugu, Odiko MacDon, niwe wemeje Aya makuru mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kabiri, tariki ya 26 Kamena. Nk’uko iryo tangazo ribivuga, ngo uyu mugabo yatawe muri yombi n’abakozi bo mu itsinda rya Polisi rikora ubutabatazi bwihuse (QIS).
Nubwo umuvugizi wa polisi yavuze ko iki gikorwa ari icy’ubugome kandi kitemewe na gato, umuvugizi wa polisi yavuze ko ukekwaho icyaha yemeye icyaha kandi ko yavuze ko atabikoreshejwe ahubwo ari imyuka mibi bitewe n’uko ubukungu bwifashe nabi.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…