INKURU ZIDASANZWE

Umugabo yatawe muri yombi azira kugurisha umwana we ibihumbi bitarenze 600 Frw

Mu gihugu cya Nigeria haravugwa umugabo watawe muri yombi nyuma yo kugurisha umwana we w’umuhungu ibihumbi 400 by’ama Neira, amafaranga akoreshwa muri icyo gihugu.

Advertisements

Ubuyobozi bwa polisi ya Akwa Ibom mu gihugu cya Nigeria bwataye muri yombi umugabo witwa Gabriel Okon Ekpiri wo mu gace ka Ekit Itam Akpan Obong mu giturage cya Itu gaherereye mu ntara ya Akwa-Ibom azira kugurisha umwana we w’umuhungu w’imyaka icyenda kuma Naira 400.000.

Aya mafaranga angana n’ibihumbi 605294.49 y’u Rwanda ku isoko ry’ivunjisha.

Umuvugizi wa polisi y’igihugu, Odiko MacDon, niwe wemeje Aya makuru mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kabiri, tariki ya 26 Kamena. Nk’uko iryo tangazo ribivuga, ngo uyu mugabo yatawe muri yombi n’abakozi bo mu itsinda rya Polisi rikora ubutabatazi bwihuse (QIS).

Nubwo umuvugizi wa polisi yavuze ko iki gikorwa ari icy’ubugome kandi kitemewe na gato, umuvugizi wa polisi yavuze ko ukekwaho icyaha yemeye icyaha kandi ko yavuze ko atabikoreshejwe ahubwo ari imyuka mibi bitewe n’uko ubukungu bwifashe nabi.

Umugabo yatawe muri yombi azira kugurisha umwana we

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago