Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame bari mu ruzinduko muri Seychelles bitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 47 y’ubwigenge bw’iki gihugu.
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame ni bo bari abashyitsi b’imena muri ibyo birori byaranzwe n’akarasisi k’inzego z’umutekano.
Mbere y’ibi birori kandi, Umukuru w’Igihugu yasuye ubusitani buri mu Murwa Mukuru Victoria, anatera igiti cyo mu bwoko bwa Coco-de-Mer.
Botanical Garden ni ubusitani bufite ubwoko bw’ibiti 280, aho hari mu hantu nyaburanga hasurwa n’abashyitsi benshi muri icyo gihugu cya Seychelles.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…