IMYIDAGADURO

Selena Gomez yakeje umuhanzi w’umunya-Nigeria Rema

Uyu muhanzi wo muri Amerika, Selena Gomez, yerekeje ku rubuga rwe rwa Instagram ku ya 2 Nyakanga, aho yagaragarije ibyishimo bikomeye by’umuririmbyi wo muri Nigeria, Rema.

Mu nyandiko ye yaherekeje ifoto barikumwe, Selena yerekanye ko Rema yahinduye ubuzima bwe nyuma yuko basubiranyemo indirimbo ‘Calm Down’. Yavuze ko yishimiye ko uyu muhanzi yamuhisemo kuba muri iyo ndirimbo ye imaze gukundwa cyane ku isi.

Umuhanzikazi ukomeye ku Isi Selena Gomez yakeje umuhanzi w’umunya-Nigeria Rema

Selena w’imyaka 30 yagize ati “Uyu mugabo yahinduye ubuzima bwanjye ubuziraherezo. Rema warakoze kuba warampisemo kuba najya mu ndirimbo yawe nziza kuri iyi Isi, Ndagukunda ubuziraherezo Rema.

Mu kumusubiza kuri urwo rubuga Rema nawe yanditse agira ati “Nanjye ndagukunda Mwamikazi arenzaho emoji y’umutima”.

Rema yasubiranyemo na Selena Gomez mu ndirimbo ye yakoze amateka, ‘Calm Down’ imaze kumvwa n’ama miliyoni menshi ku Isi igakora amateka mu bihugu byinshi by’imigabane itandukanye kubera gukundwa.

Christian

Recent Posts

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

2 hours ago

Amerika yagabanyije inkunga yahaga Afurika y’Epfo

Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…

19 hours ago

U Burundi bwavuze ko ntaho buhuriye n’igitero cyagabwe i Bukavu

Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…

1 day ago

Umutoza Jose Mourinho yahawe ibihano

José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…

1 day ago

Agezweho: Inama yariteraniye i Bukavu haturikiye igisasu, Bisimwa atangaza ababyihishe inyuma

Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…

2 days ago

Diamond Platnumz yatakambiye Perezida Suluhu ko yabubakira igikorwaremezo kimeze nka Arena yo mu Rwanda

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz yasabye Perezida Samia Suluhu Hassan gushyiraho inyubako yakira ibitaramo…

2 days ago