INKURU ZIDASANZWE

Ubuholandi: Rikkie Valerie yabaye umuntu mbere wihinduje igitsina wegukanye ikamba rya Miss Universe-AMAFOTO

Rikkie Valerie Kollé yakoze amateka yo kuba umuntu wa mbere wihinduje igitsina akegukana ikamba rya Miss Universe mu Buholandi.

Advertisements

Iri rushanwa ryabereye mu nzu y’imyidagaduro ya AFAS Theater i Leusden. Rikkie Valerie Kollé, warusanzwe amurika imideli w’imyaka 22 akaba afite inkomoko y’Abadage n’ibirwa bya Moluccas ariko akaba yaratuye i Breda.

Biteganyijwe ko azasimbura Ona Moody ku mwanya wa Miss Universe nyuma yo kwambikwa ikamba ry’Ubwiza nk’uhagarariye igihugu cy’Ubuholandi muri Miss Universe izaba ibaye ku nshuro ya 72 riteganyijwe kubera muri El Salvador uyu mwaka.

Nathalie Mogbelzada w’imyaka 26 ukomoka mu mujyi wa Amsterdam, niwe wegukanye umwanya wa kabiri mu gihe Habiba Mostafa na Lou Dirchs bahawe ibihembo bya Miss Congeniality na Miss Social Media.

R’Bonney ukomoka muri Amerika usanzwe ufite ikamba rya Miss Universe akaba yari n’umushyitsi ukomeye muri ibyo birori ni umwe mu bishimiye ayo mateka yanditswe.

Kuri ubu Kollé agiye kuba umuntu wa kabiri wihinduye igitsina ugiye kwitabira amarushanwa akomeye ya Miss Universe. Mu nzira yabanjirijwe n’uwitwa Angela Ponce wo muri Espagne, wakoze ayo mateka muri 2018.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago