Umuherwe Mark Zuckerberg yatangiye kwitozanya n’abarwanyi Israel Adesanya na Alexander Volkanoviski bazwiho mu kurwana imirwano ya UFC Championship mu kwitegura guhangana na mugenzi we Elon Musk.
Uyu muherwe yagaragaye kuri uyu wa kabiri tariki 11 Nyakanga, mu mafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga arikumwe n’ibikomerezwa bizwi mu mukino njyarugamba wa Ultimate Fight Championship aribo Israel Adesanya na Alexander Volkanoviski bamamaye mu baterura ibiremereye.
Ku mafoto Adesanya yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter yagize ati “Nta fugazi hamwe na Mark, ubu ni ubucuruzi bukomeye.”
Aya mafoto agiye hanze nyuma yuko Zuckerberg na mukeba we, Elon Musk bagaragaje ko bashobora gukozanyaho mu rugamba rw’imirwano, n’ubwo imbuga nkoranyambaga zabo zikomeje nazo guhangana bikomeye.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…