IMYIDAGADURO

Mark Zuckerberg yatangiye imyitozo yo kwitegura kurwana na Elon Musk-AMAFOTO

Umuherwe Mark Zuckerberg yatangiye kwitozanya n’abarwanyi Israel Adesanya na Alexander Volkanoviski bazwiho mu kurwana imirwano ya UFC Championship mu kwitegura guhangana na mugenzi we Elon Musk.

Uyu muherwe yagaragaye kuri uyu wa kabiri tariki 11 Nyakanga, mu mafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga arikumwe n’ibikomerezwa bizwi mu mukino njyarugamba wa Ultimate Fight Championship aribo Israel Adesanya na Alexander Volkanoviski bamamaye mu baterura ibiremereye.

Ku mafoto Adesanya yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter yagize ati “Nta fugazi hamwe na Mark, ubu ni ubucuruzi bukomeye.”

Aya mafoto agiye hanze nyuma yuko Zuckerberg na mukeba we, Elon Musk bagaragaje ko bashobora gukozanyaho mu rugamba rw’imirwano, n’ubwo imbuga nkoranyambaga zabo zikomeje nazo guhangana bikomeye.

Christian

Recent Posts

U Rwanda rwafatiwe ibihano n’ikindi gihugu gikomeye ku Isi

Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…

1 hour ago

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

21 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

22 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

22 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

23 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago