Umuherwe Mark Zuckerberg yatangiye kwitozanya n’abarwanyi Israel Adesanya na Alexander Volkanoviski bazwiho mu kurwana imirwano ya UFC Championship mu kwitegura guhangana na mugenzi we Elon Musk.
Uyu muherwe yagaragaye kuri uyu wa kabiri tariki 11 Nyakanga, mu mafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga arikumwe n’ibikomerezwa bizwi mu mukino njyarugamba wa Ultimate Fight Championship aribo Israel Adesanya na Alexander Volkanoviski bamamaye mu baterura ibiremereye.
Ku mafoto Adesanya yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter yagize ati “Nta fugazi hamwe na Mark, ubu ni ubucuruzi bukomeye.”
Aya mafoto agiye hanze nyuma yuko Zuckerberg na mukeba we, Elon Musk bagaragaje ko bashobora gukozanyaho mu rugamba rw’imirwano, n’ubwo imbuga nkoranyambaga zabo zikomeje nazo guhangana bikomeye.
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…