RWANDA

Mugisha Bonheur wakiniraga APR Fc yerekeje muri Libya

Mugisha Bonheur wari umwe mu bakinnyi bakina hagati bakomeye mu ikipe ya APR Fc yerekeje gukinira muri Libya.

Advertisements

Uyu musore wari umaze imyaka ibiri mu kipe y’Ingabo, yafashe indege mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2023.

Amakuru yamenyekanye n’ uko Casemiro agiye gusinyira ikipe ya Al Ahly Tripoli ikina mu cyiciro cya Mbere mu gihugu cya Libya.

Amakuru avuga ko Bonheur ategerejwe mu Ak Ahly Tripoli yakinwemo Abakinnyi bakomeye akazerekanwa nk’umukinnyi mushya mu minsi ya vuba nyuma.

Bonheur asanze Haruna Niyonzima muri shampiyona yo muri iki gihugu.

Ku myaka 23 y’amavuko Bonheur yabashije gutwarana ibikombe bibiri bya shampiyona n’ikipe ya APR Fc nyuma yuko ayigezemo avuye muri Mukura Vs kuntizanyo.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago