Umuhanzikazi Ariana Grande n’umugabo we Dalton Gomez bamaze gutandukana kuva muri Mutarama, aba bombi bakaba bateganya kugana inzira yo kugana inkiko bagasaba gatanya.
Ibi bibaye nyuma y’amakuru yagiye hanze mu mpera za wikendi dusoje yerekanye Ariana wari witabiriye imikino i Wimbledon atambaye impeta y’ubukwe.
TMZ ivuga ko Ariana na Dalton bagerageje kwiyunga mu mezi ashize, ariko birananirana. Ariana na Dalton umwuka mubi wo kubatandukanya watangiye mu Kuboza, ubwo bari mu ifatwa ry’amashusho “Wicked.”
Amakuru kandi ko ibibazo byari byaratangiye mbere yaho. Gusa bakomeje kuba inshuti kandi baracyavugana kuri terefone, ariko ibyerekeye ubukwe bwabo bwajemo agatotsi.
Muri Gicurasi 2021, abashakanye basezeranye mu muhango wabaye mu bwiru mu rugo rwa Ariana i Montecito.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…