Categories: Uncategorized

Ariane Grande n’umugabo we Dalton Gomez bamaze gutandukana

Umuhanzikazi Ariana Grande n’umugabo we Dalton Gomez bamaze gutandukana kuva muri Mutarama, aba bombi bakaba bateganya kugana inzira yo kugana inkiko bagasaba gatanya.

Advertisements

Ibi bibaye nyuma y’amakuru yagiye hanze mu mpera za wikendi dusoje yerekanye Ariana wari witabiriye imikino i Wimbledon atambaye impeta y’ubukwe.

TMZ ivuga ko Ariana na Dalton bagerageje kwiyunga mu mezi ashize, ariko birananirana. Ariana na Dalton umwuka mubi wo kubatandukanya watangiye mu Kuboza, ubwo bari mu ifatwa ry’amashusho “Wicked.”

Amakuru kandi ko ibibazo byari byaratangiye mbere yaho. Gusa bakomeje kuba inshuti kandi baracyavugana kuri terefone, ariko ibyerekeye ubukwe bwabo bwajemo agatotsi.

Muri Gicurasi 2021, abashakanye basezeranye mu muhango wabaye mu bwiru mu rugo rwa Ariana i Montecito.

Christian

Recent Posts

Umushyitsi yasuye Neg G the General apfira mu rugo rwe

Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…

4 hours ago

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije #Kwibuka32

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…

3 days ago

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye mu murenge

Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…

1 month ago

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

6 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

6 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

7 months ago