Umunyarwenywa akaba n’umukinnyi wa filime w’umunyamerika Kevin Hart arikumwe n’umuryango we barikubarizwa mu Mujyi wa Kigali.
Uyu munyarwenya bivugwa ko yageze i Kigali kuwa kabiri tariki 18 Nyakanga, aho yaje arikumwe n’umuryango.
Aya makauru yari yagizwe ubwiru yamenyekanye nyuma y’amafoto yashyizwe hanze n’inzu icuruza imideli ya Haute Baso, aho iki cyamamare cyari cyagiye guhahira arikumwe n’umugore we Eniko Hart n’abana be.
Mu mafoto bashyize ku rukuta rwabo rwa Twitter baherekanyije ubutumwa bushimira kuba bakiriye iki cyamamare gikomeye mu ruhando rwa sinema bakaba bagize amahirwe yo guhahirwa nawe by’umwihariko imyenda ya Made in Rwanda.
Nta yandi makuru aramenyekanya ku rugendo rwa Kevin Hart ari mu Rwanda.
Kevin Hart w’imyaka 44 yubatse izina rikomeye muri sinema ya Hollywood.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…