IMIDERI

Umunyarwenya Kevin Hart n’umuryango we barikubarizwa i Kigali

Umunyarwenywa akaba n’umukinnyi wa filime w’umunyamerika Kevin Hart arikumwe n’umuryango we barikubarizwa mu Mujyi wa Kigali.

Advertisements

Uyu munyarwenya bivugwa ko yageze i Kigali kuwa kabiri tariki 18 Nyakanga, aho yaje arikumwe n’umuryango.

Aya makauru yari yagizwe ubwiru yamenyekanye nyuma y’amafoto yashyizwe hanze n’inzu icuruza imideli ya Haute Baso, aho iki cyamamare cyari cyagiye guhahira arikumwe n’umugore we Eniko Hart n’abana be.

Mu mafoto bashyize ku rukuta rwabo rwa Twitter baherekanyije ubutumwa bushimira kuba bakiriye iki cyamamare gikomeye mu ruhando rwa sinema bakaba bagize amahirwe yo guhahirwa nawe by’umwihariko imyenda ya Made in Rwanda.

Nta yandi makuru aramenyekanya ku rugendo rwa  Kevin Hart ari mu Rwanda.

Kevin Hart w’imyaka 44 yubatse izina rikomeye muri sinema ya Hollywood.

Kevin Hart yazanye i Kigali n’umuryango we
Kevin Hart yahahiye i Kigali

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago