Umunyarwenywa akaba n’umukinnyi wa filime w’umunyamerika Kevin Hart arikumwe n’umuryango we barikubarizwa mu Mujyi wa Kigali.
Uyu munyarwenya bivugwa ko yageze i Kigali kuwa kabiri tariki 18 Nyakanga, aho yaje arikumwe n’umuryango.
Aya makauru yari yagizwe ubwiru yamenyekanye nyuma y’amafoto yashyizwe hanze n’inzu icuruza imideli ya Haute Baso, aho iki cyamamare cyari cyagiye guhahira arikumwe n’umugore we Eniko Hart n’abana be.
Mu mafoto bashyize ku rukuta rwabo rwa Twitter baherekanyije ubutumwa bushimira kuba bakiriye iki cyamamare gikomeye mu ruhando rwa sinema bakaba bagize amahirwe yo guhahirwa nawe by’umwihariko imyenda ya Made in Rwanda.
Nta yandi makuru aramenyekanya ku rugendo rwa Kevin Hart ari mu Rwanda.
Kevin Hart w’imyaka 44 yubatse izina rikomeye muri sinema ya Hollywood.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…