Barack Obama wabaye Perezida wa Amerika yashyize hanze urutonde rw’indirimbo zamunyuze kugeza muri iy’impeshyi y’umwaka 2023.
Nk’uko y’abigaragaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu rutonde rw’indirimbo 41 zirimo iz’abahanzi bakomoka ku mugabane w’Afurika babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria aribo Burna Boy na Ayr Starr gusa.
Si ubwa mbere Barack Obama agaragaje ko yagiye anyurwa n’indirimbo z’abahanzi bakomoka ku mugabane w’Afurika by’umwihariko aho nawe akomoka.
Ni indirimbo Barack Obama avuga ko atabura gucuranga mugihe cyose arikumva umuziki.
Indirimbo ‘Sittin’ on the Top of the world’ ya Burna Boy afatanije n’umuraperi w’umunyamerika 21Savage ndetse ni yitwa Sability y’umuhanzikazi Ayr Starr ni zimwe mu ndirimbo 41 zinyura amatwi y’uyu mugabo wabaye Perezida wa 44 wa Amerika.
Izindi ndirimbo dusanga kuri urwo rutonde harimo ‘California Love’ y’umuhanzi 2Pac Shakur ikaba yarasubiwemo na Drake afatanije Rouger Troutman ndetse n’indirimbo ‘Love & Hate’ ya Michael Kiwanuka imaze imyaka 7 igiye hanze.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…