Barack Obama wabaye Perezida wa Amerika yashyize hanze urutonde rw’indirimbo zamunyuze kugeza muri iy’impeshyi y’umwaka 2023.
Nk’uko y’abigaragaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu rutonde rw’indirimbo 41 zirimo iz’abahanzi bakomoka ku mugabane w’Afurika babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria aribo Burna Boy na Ayr Starr gusa.
Si ubwa mbere Barack Obama agaragaje ko yagiye anyurwa n’indirimbo z’abahanzi bakomoka ku mugabane w’Afurika by’umwihariko aho nawe akomoka.
Ni indirimbo Barack Obama avuga ko atabura gucuranga mugihe cyose arikumva umuziki.
Indirimbo ‘Sittin’ on the Top of the world’ ya Burna Boy afatanije n’umuraperi w’umunyamerika 21Savage ndetse ni yitwa Sability y’umuhanzikazi Ayr Starr ni zimwe mu ndirimbo 41 zinyura amatwi y’uyu mugabo wabaye Perezida wa 44 wa Amerika.
Izindi ndirimbo dusanga kuri urwo rutonde harimo ‘California Love’ y’umuhanzi 2Pac Shakur ikaba yarasubiwemo na Drake afatanije Rouger Troutman ndetse n’indirimbo ‘Love & Hate’ ya Michael Kiwanuka imaze imyaka 7 igiye hanze.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…