RWANDA

Perezida Kagame yishimiye isabukuru y’Abuzukuru be babiri bizihiriza umunsi umwe

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yishimiye isabukuru y’Abuzukuru be babiri bizihiriza umunsi we nk’uko yabigaragaje kuri uyu wa kane tariki 20 Nyakanga 2023.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, umukuru w’Igihugu yishimiye ko yizihizanyije isabukuru y’Abuzukuru be uko ari babiri bahurira ku matariki amwe.

Ati “Kuba ndi kumwe n’abana banjye ku munsi w’isabukuru yabo, bizihiriza umunsi umwe tariki 19 Nyakanga. Ndabakunda.”

Perezida Kagame arikumwe n’Abuzukuru be

Abuzukuru ba Perezida w’u Rwanda Paul Kagame uko ari babiri aribo Anaya na Amalia babyawe n’umukobwa we Ange Kagame n’umukwe we Bertrand Ndengeyingoma.

Aba bana uko ari babiri nta kinyuranyo cy’imyaka myinshi irimo hagati yabo kuko imfura Anaya yavutse tariki 19 Nyakanga 2020, mugihe umwana wa kabiri Amalia yavutse nyuma y’amezi 10 gusa bibarutse uwa mbere.

Mu minsi ishize n’ibwo Perezida Kagame nabwo abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yatangaje ko abuzukuru be nabo ari abakunzi b’ikipe ya ‘Arsenal’ yo mu Bwongereza asanzwe afana.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

17 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

17 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

17 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

18 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago