Umuhanzi Sam Smith udasiba kugora udukoryo yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga agaragara mu mihanda ya New York yambaye ijipo arikumwe n’umusore bivugwa ko bari mu rukundo witwa Christian Cowan.
Uyu musore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza w’imyaka 31, wagendaga yijugunya yambaye ijipo yera, ihujwe n’umwenda wo hejuru ubwo bombi bagaragaye hanze kuwa gatatu, tariki 19 Nyakanga.
Umuhanzi wavukiye i Londres yifashishije urunigi rwa zahabu mu ijosi arangije arenzaho amasogisi yera n’inkweto za Timberland.
Ni mugihe umusore witwa Christian Cowan bivugwa ko bari mu rukundo we yari yaserutse mu butembere yambaye imyenda y’umukara.
Aba bombi bateje ibihuha byo kuba bakundana mu mezi ashize kuko bagiye bagaragara kenshi bagiye basohokana.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…