Perezida wa Repubulika ya Congo Denis Sassou Nguesso yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Nyakanga 2023.
Perezida Denis akigera ku kibuga mpuzamahanga cya Kanombe yakiriwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu cyubahiro gihabwa Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma basura Rwanda.
Perezida wa Congo yaje mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2.
Biteganyijwe ko abakuru b’ibihugu byombi kandi baragirana ibiganiro mu muhezo ibizwi nka tête-à-tête nyuma bayobore ibiganiro byaguye bihuza intumwa z’ibihugu byombi.
Ibyo biganiro birakurikirwa n’ibibahuza n’ikiganiro bagirana n’Abanyamakuru.
Muri uru ruzinduko rwa Perezida wa Congo Denis Sassou Nguesso kandi mu masaha y’igicamunsi arasura Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi ndetse akeze ijambo ku bagize Inteko ishinga amategeko.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…