Mukamasabo Appolonie wegujwe ku buyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke yasabye imbabazi nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Appolonie yagize ati “Ndabashimiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame
amahirwe mwampaye yo kuyobora Akarere ka Nyamasheke.”
Uyu warusanzwe ari umuyobozi w’Akarere yongeyeho ati “Mboneyeho gusaba imbabazi aho ntabashije kuzuza izi nshingano uko bikwiye.
Nkaba nzakomeza gufatanya n’Abandi Banyarwanda kubaka Igihugu cyacu.”
Kuri uyu wa mbere tariki 28 Kanama 2023, nibwo Mukamasabo Appolonie yegujwe ku nshingano nka Meya wa Karere n’Inama Njyanama y’Akarere, ni nyuma y’uko ashinjwe kutuzuza inshingano yarashinzwe.
Kuwa 27 Nzeri 2019 nibwo Mukamasabo Appolonie w’imyaka 45 yatorewe kuyobora akarere ka Nyamasheke, ku majwi 267 kuri 273 y’abari bagize inteko itora.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…