Kuri uyu mugoroba wo kuwa Kane tariki 31 Kanama 2023, nibwo habaye tombola y’amatsinda ya UEFA Champions League, aho amakipe yisanze mu matsinda akomeye andi aharurirwa inzira yoroshye.
Ni tombola y’uyu mwaka yabereye ahitwa Grimaldi i Monaco, mu Bufaransa.
Ikipe ya Manchester United yisanze mu itsinda A irikumwe n’ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage, Copenhagen na Gatalasaray.
Ni mugihe mu itsinda B, riyobowe na Sevilla iheruka kwegukana EUROPA izacakirana na Arsenal, PSV na Lens.
Irindi tsinda ryabaye nk’irikangaranye ni rya gatandatu F barimo Paris Saint Germain, Dortmund, Ac Milan na Newcastle.
Itsinda rya Manchester city iheruka igikombe kuruta ibindi ku mugabane w’Uburayi yisanze mu itsinda rya karandwi (G) ririmo Leipzig, Crvena Zvezda na Young Boys.
Imikino ya mbere yo mu matsinda iteganyijwe gutangira guhera tariki 19 Nzeri 2023.
Uko tombola yagenze muri rusange:
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…