Kuri uyu wa kabiri tariki 03 Ukwakira 2023, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho Lisansi yabaye 1822 Frw kuri litiro naho Mazutu ikaba yageze ku 1662 Frw kuri litiro.
Lisansi igeze kuri icyo giciro mugihe ivuye ku 1639 Frw kuri litiro.
Naho Mazutu ikaba ivuye ku 1492 Frw kuri litiro.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA) ruvuga ko ibiciro bishya bishingiye ahanini ku ihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli biri kugaragara ku isoko mpuzamahanga.
Ibi biciro bishya bikaba bizatangira gukurikizwa tariki 4 Ukwakira 2023, bikaba bizakurikizwa mugihe cy’amezi abiri ari imbere.
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…