Kuri uyu wa kabiri tariki 03 Ukwakira 2023, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho Lisansi yabaye 1822 Frw kuri litiro naho Mazutu ikaba yageze ku 1662 Frw kuri litiro.
Lisansi igeze kuri icyo giciro mugihe ivuye ku 1639 Frw kuri litiro.
Naho Mazutu ikaba ivuye ku 1492 Frw kuri litiro.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA) ruvuga ko ibiciro bishya bishingiye ahanini ku ihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli biri kugaragara ku isoko mpuzamahanga.
Ibi biciro bishya bikaba bizatangira gukurikizwa tariki 4 Ukwakira 2023, bikaba bizakurikizwa mugihe cy’amezi abiri ari imbere.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…