IMYIDAGADURO

Umukinnyi wa filime Yvonne Orji w’imyaka 39 yemeje ko akiri isugi

Umunyarwenya Yvonne Orji yeruye avuga ko akiri isugi ku myaka 39 y’amavuko.

Advertisements

Umukinnyi wa filime ubifatikanye n’ubunyarwenya ufite inkomoko muri Nigeriya n’Umunyamerika yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Chelsea Handler.

Ubwo uyu Chelsea Handler usanzwe ari umunyamakuru akaba n’umunyarwenya yamubazaga nimba ko ari isugi, Yvonne yamusubije ati “Ndiwe”.

Yongeyeho ko abantu bagomba gusengera umugabo we amaherezo bazaryamana kuko kuri we bizasaba “imbaraga nyinshi”.

Si ubwa mbere Yvonne atangaje ko ari isugi kuko mu mwaka 2017 ubwo yarafite imyaka 33 nabwo yari yabivuzeho, yemeza ko ubundi agomba kuzifata ku busugi bwe kugeza akoze ubukwe.

Muri icyo kiganiro Handler yabaye n’utunguwe cyane kumva ko Yvonne akiri isugi ku myaka ye, avuga ko abyishimiye kandi ari ubwa mbere abyumvise ku myaka ye 39.

Yvonne Orji ufite imyaka 39 yemeje ko akiri isugi

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago