Umuraperi w’Umunyamerika Cornell Iral Haynes Jr. wamamaye nka Nelly yahishuye ko yifuza kubyarana n’umuririmbyi Ashanti bahoze bakundana.
Nelly yatangaje ko arimo gushyira ingufu mu kubyarana n’uyu muhanzikazi Ashanti nyuma yo kubura umubano w’urukundo rwabo.
Ibi yabitangaje kuri Instagram nyuma yo kumutungura n’impanp y’imodoka ye y’inzozi ku munsi w’amavuko.
Umwe mu bakoresha uru rubuga rwa Instagram yahise abwira Nelly ko akwiriye guhita akora ibishoboka byose agatera inda uyu muhanzikazi. Nelly nawe mu kumusubiza amubwira ko arimo kubikoraho.
Aba bombi basanzwe banafitanye indirimbo yakunzwe cyane yitwa ‘Body on me’ bafatanije na Akon, bakundanye igihe kirekire mu myaka 11 baza gutandukana mu mwaka 2013. Bongeye kubura urukundo rwabo mu mezi make ashize, baza kubyerura mu kwezi kwa Nzeri muri uyu mwaka 2013.
Uyu mugabo w’imyaka 49 w’abana babiri umuhungu n’umukobwa arifuza kongera kubyarana n’uwo bahoze bakunda mu myaka 10 irenga.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…