Umuraperi w’Umunyamerika Cornell Iral Haynes Jr. wamamaye nka Nelly yahishuye ko yifuza kubyarana n’umuririmbyi Ashanti bahoze bakundana.
Nelly yatangaje ko arimo gushyira ingufu mu kubyarana n’uyu muhanzikazi Ashanti nyuma yo kubura umubano w’urukundo rwabo.
Ibi yabitangaje kuri Instagram nyuma yo kumutungura n’impanp y’imodoka ye y’inzozi ku munsi w’amavuko.
Umwe mu bakoresha uru rubuga rwa Instagram yahise abwira Nelly ko akwiriye guhita akora ibishoboka byose agatera inda uyu muhanzikazi. Nelly nawe mu kumusubiza amubwira ko arimo kubikoraho.
Aba bombi basanzwe banafitanye indirimbo yakunzwe cyane yitwa ‘Body on me’ bafatanije na Akon, bakundanye igihe kirekire mu myaka 11 baza gutandukana mu mwaka 2013. Bongeye kubura urukundo rwabo mu mezi make ashize, baza kubyerura mu kwezi kwa Nzeri muri uyu mwaka 2013.
Uyu mugabo w’imyaka 49 w’abana babiri umuhungu n’umukobwa arifuza kongera kubyarana n’uwo bahoze bakunda mu myaka 10 irenga.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…