Mu ntangiriro z’iki Cyumweru nibwo Justine Nameere wabaye Umunyamakuru ukomeye mu gihugu cya Uganda yakoze ubukwe n’umugabo Kennedy Nsubuga mu idini rya Islam.
Kuwa Kabiri nibwo uyu muryango wahuze inshuti zabo n’iz’Umuryango ku mpande zombi mu birori by’ubukwe bw’igitangaza bwari burimo n’abayobozi batandukanye bari baje kubashyigikira muri ibyo birori.
Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter, Justine Nameere yashimiye Umukuru w’Igihugu kuba yarabagabiye inka 10 ku munsi w’ubukwe bwe, ati ”Njyewe n’inshuti yanjye magara twarushinze. Ndashimira Imana ishobora byose ku bw’imigisha n’imigisha n’ubuntu bwayo. Ndashimira Nyakubahwa Perezida Kaguta Museveni kubwo kuduha impano y’inka 10. Nyakubahwa yari ahagarariwe na Minisitiri w’Intebe wa 3 wungirije Rt Hon Rukia Nakadama.
Aba bombi nk’uko bigaragara ku mafoto akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga baserutse mu ikanzu y’imyeru yerererana, yaba ku mugabo no kuruhande rw’umugore.
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…