Umuvugizi wungirije wa guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda avuga ko Rwanda Day ari urubuga ruhuza by’umwihariko Abanyarwanda baba mu mahanga n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu, uyu ukaba ari umurongo w’amahitamo abanyarwanda bafashe nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Avuga ko guhuriza hamwe abanyarwanda baba mu mahanga birimo inyungu nyinshi kuri bo ubwabo no ku gihugu muri rusange.
Rwanda Day igiye kuba ku nshuro ya 11 ibaye nyuma y’imyaka 4 itaba bituma igira umwihariko ugereranyije n’izayibanjirije.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…