Umuvugizi wungirije wa guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda avuga ko Rwanda Day ari urubuga ruhuza by’umwihariko Abanyarwanda baba mu mahanga n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu, uyu ukaba ari umurongo w’amahitamo abanyarwanda bafashe nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Avuga ko guhuriza hamwe abanyarwanda baba mu mahanga birimo inyungu nyinshi kuri bo ubwabo no ku gihugu muri rusange.
Rwanda Day igiye kuba ku nshuro ya 11 ibaye nyuma y’imyaka 4 itaba bituma igira umwihariko ugereranyije n’izayibanjirije.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…