Icyo wamenya ku mashusho ya Drake azunguza igisa n’igistina cye

Amashusho ya Drake azunguza igikinisho gifite ishusho y’igitsinagabo, akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku bakurikira imyidagaduro n’abakunzi b’uyu muhanzi.

Kuva kuri uyu wa kabiri tariki 6 Gashyantare 2024, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho ya Drake aryamye mu gitanda azunguza igikinisho cy’igitsina nubwo hatazwi neza uwaba yayashyize hanze.

Kuva aya mashusho yashyirwa hanze, Drake ntaragira ikintu ayavugaho, ibituma benshi bakomeje kumwihaho ijambo si ukumwota buri wese akamutangaho igitekerezo bitewe n’uko yayabonye.

Adin David Ross wamamaye kubera ibiganiro atambutsa ku mbuga nkoranyamabaga by’umwihariko Youtube, yoherereje Drake ubutumwa bumeze nk’ubwo kumushotora ngo arebe ko hari icyo ayavugaho undi aryumaho.

Mu butumwa bw’amajwi yasangije abamukurikira Adin Ross, yagize ati “Uri umunyamugisha ku bw’ijwi ryawe, ku kuntu utaramira abantu neza, ku kuba warabaye wowe kandi ukaba uwa mbere ariko nanone warahiriwe kuba ufite misille nk’iyo.”

Yifashishije ’Emojis’ umunani Drake yasubije uyu musore yisekera ntiyagira ijambo yongeraho.

Kutagira icyo avuga kuri aya mashusho byashyize mu cyeragati ababonye aya mashusho cyane ko hari abakomeje guhamya ko ashobora kuba atari aye.

Ayo mashusho agaragaza Drake aryamye mu gitanda, afite hagati y’amaguru igikinisho kirekire cy’igitsina ari kukizunguza. Yari afite telefoni bigaragara ko ari kwifata amashusho mu kirahure kiba kiri imbere ye.

Icyo wamenya ku mashusho ya Drake azunguza igisa n’igistina cye

Emmy

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

11 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

12 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

12 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

12 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

2 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago