Icyo wamenya ku mashusho ya Drake azunguza igisa n’igistina cye

Amashusho ya Drake azunguza igikinisho gifite ishusho y’igitsinagabo, akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku bakurikira imyidagaduro n’abakunzi b’uyu muhanzi.

Advertisements

Kuva kuri uyu wa kabiri tariki 6 Gashyantare 2024, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho ya Drake aryamye mu gitanda azunguza igikinisho cy’igitsina nubwo hatazwi neza uwaba yayashyize hanze.

Kuva aya mashusho yashyirwa hanze, Drake ntaragira ikintu ayavugaho, ibituma benshi bakomeje kumwihaho ijambo si ukumwota buri wese akamutangaho igitekerezo bitewe n’uko yayabonye.

Adin David Ross wamamaye kubera ibiganiro atambutsa ku mbuga nkoranyamabaga by’umwihariko Youtube, yoherereje Drake ubutumwa bumeze nk’ubwo kumushotora ngo arebe ko hari icyo ayavugaho undi aryumaho.

Mu butumwa bw’amajwi yasangije abamukurikira Adin Ross, yagize ati “Uri umunyamugisha ku bw’ijwi ryawe, ku kuntu utaramira abantu neza, ku kuba warabaye wowe kandi ukaba uwa mbere ariko nanone warahiriwe kuba ufite misille nk’iyo.”

Yifashishije ’Emojis’ umunani Drake yasubije uyu musore yisekera ntiyagira ijambo yongeraho.

Kutagira icyo avuga kuri aya mashusho byashyize mu cyeragati ababonye aya mashusho cyane ko hari abakomeje guhamya ko ashobora kuba atari aye.

Ayo mashusho agaragaza Drake aryamye mu gitanda, afite hagati y’amaguru igikinisho kirekire cy’igitsina ari kukizunguza. Yari afite telefoni bigaragara ko ari kwifata amashusho mu kirahure kiba kiri imbere ye.

Icyo wamenya ku mashusho ya Drake azunguza igisa n’igistina cye

Emmy

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago