Amashusho ya Drake azunguza igikinisho gifite ishusho y’igitsinagabo, akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku bakurikira imyidagaduro n’abakunzi b’uyu muhanzi.
Kuva kuri uyu wa kabiri tariki 6 Gashyantare 2024, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho ya Drake aryamye mu gitanda azunguza igikinisho cy’igitsina nubwo hatazwi neza uwaba yayashyize hanze.
Kuva aya mashusho yashyirwa hanze, Drake ntaragira ikintu ayavugaho, ibituma benshi bakomeje kumwihaho ijambo si ukumwota buri wese akamutangaho igitekerezo bitewe n’uko yayabonye.
Adin David Ross wamamaye kubera ibiganiro atambutsa ku mbuga nkoranyamabaga by’umwihariko Youtube, yoherereje Drake ubutumwa bumeze nk’ubwo kumushotora ngo arebe ko hari icyo ayavugaho undi aryumaho.
Mu butumwa bw’amajwi yasangije abamukurikira Adin Ross, yagize ati “Uri umunyamugisha ku bw’ijwi ryawe, ku kuntu utaramira abantu neza, ku kuba warabaye wowe kandi ukaba uwa mbere ariko nanone warahiriwe kuba ufite misille nk’iyo.”
Yifashishije ’Emojis’ umunani Drake yasubije uyu musore yisekera ntiyagira ijambo yongeraho.
Kutagira icyo avuga kuri aya mashusho byashyize mu cyeragati ababonye aya mashusho cyane ko hari abakomeje guhamya ko ashobora kuba atari aye.
Ayo mashusho agaragaza Drake aryamye mu gitanda, afite hagati y’amaguru igikinisho kirekire cy’igitsina ari kukizunguza. Yari afite telefoni bigaragara ko ari kwifata amashusho mu kirahure kiba kiri imbere ye.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…