INKURU ZIDASANZWE

Rusizi: Yicishije umugore we ishoka

Umugabo wo mu Karere ka Rusizi yishe umugore we amukubise ishoka mu mutwe, ni nyuma yo gupafa igiti cyo gucana yari agiye gutema mu ishyamba ryabo.

Ubu bwicanyi bwabereye mu Kagari ka Kiyabo mu Murenge wa Bweyeye kuri ku wa 8 Gasyantare 2023.

Daniel Ndamyimana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bweyeye yavuze ko uyu muryango wari umaze imyaka igera kuri ibiri ubana mu ntonganya, ku buryo batari bakiba mu nzu imwe.

Yagize ati ” Mu gitondo umugore yari agiye gutema igiti cy’urukwi, umugabo amusangamo umugore yirutse umugabo amwirukaho ahita agwa ahita amwaka ishoka yatemeshaga icyo giti ayimukubita mu mutwe ahita apfa.”

Gitifu Ndamyimana yavuze ko ntako ubuyobozi butagizengo bwigishe uyu muryango ngo uve mu makimbirane biranga birananirana.

Akarere ka Rusizi mu ibara ry’umutuku

Emmy

Recent Posts

Hamenyekana icyatumye Karim Benzema ajya gukinira shampiyona yo muri Arabia Saudite

Rutahizamu w’Umufaransa, Karim Benzema ukinira Al-Ittihad yo muri Arabie Saoudité, yavuze ko kimwe mu byatumye…

2 hours ago

Amerika yahagaritse inkunga ya gisirikare ku gihugu cya Ukraine

Umukozi wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko Trump yifuza ko Perezida…

3 hours ago

U Rwanda rwafatiwe ibihano n’ikindi gihugu gikomeye ku Isi

Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…

6 hours ago

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

1 day ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

1 day ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

1 day ago