Umugabo wo mu Karere ka Rusizi yishe umugore we amukubise ishoka mu mutwe, ni nyuma yo gupafa igiti cyo gucana yari agiye gutema mu ishyamba ryabo.
Ubu bwicanyi bwabereye mu Kagari ka Kiyabo mu Murenge wa Bweyeye kuri ku wa 8 Gasyantare 2023.
Daniel Ndamyimana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bweyeye yavuze ko uyu muryango wari umaze imyaka igera kuri ibiri ubana mu ntonganya, ku buryo batari bakiba mu nzu imwe.
Yagize ati ” Mu gitondo umugore yari agiye gutema igiti cy’urukwi, umugabo amusangamo umugore yirutse umugabo amwirukaho ahita agwa ahita amwaka ishoka yatemeshaga icyo giti ayimukubita mu mutwe ahita apfa.”
Gitifu Ndamyimana yavuze ko ntako ubuyobozi butagizengo bwigishe uyu muryango ngo uve mu makimbirane biranga birananirana.
Rutahizamu w’Umufaransa, Karim Benzema ukinira Al-Ittihad yo muri Arabie Saoudité, yavuze ko kimwe mu byatumye…
Umukozi wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko Trump yifuza ko Perezida…
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…