Umugabo wo mu Karere ka Rusizi yishe umugore we amukubise ishoka mu mutwe, ni nyuma yo gupafa igiti cyo gucana yari agiye gutema mu ishyamba ryabo.
Ubu bwicanyi bwabereye mu Kagari ka Kiyabo mu Murenge wa Bweyeye kuri ku wa 8 Gasyantare 2023.
Daniel Ndamyimana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bweyeye yavuze ko uyu muryango wari umaze imyaka igera kuri ibiri ubana mu ntonganya, ku buryo batari bakiba mu nzu imwe.
Yagize ati ” Mu gitondo umugore yari agiye gutema igiti cy’urukwi, umugabo amusangamo umugore yirutse umugabo amwirukaho ahita agwa ahita amwaka ishoka yatemeshaga icyo giti ayimukubita mu mutwe ahita apfa.”
Gitifu Ndamyimana yavuze ko ntako ubuyobozi butagizengo bwigishe uyu muryango ngo uve mu makimbirane biranga birananirana.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…