Warning: getimagesize(): corrupt JPEG data: 18 extraneous bytes before marker in /home4/cmznuaqy/public_html/wp-content/plugins/accelerated-mobile-pages/includes/vendor/aq_resizer.php on line 139

Warning: getimagesize(): corrupt JPEG data: 18 extraneous bytes before marker in /home4/cmznuaqy/public_html/wp-content/plugins/accelerated-mobile-pages/includes/vendor/aq_resizer.php on line 150
Goma: Abigaragambya batwitse irindi bendera ry'Amerika - DomaNews.rw
INKURU ZIDASANZWE

Goma: Abigaragambya batwitse irindi bendera ry’Amerika

Ibendera rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryatwitswe mu gitondo cy’uyu munsi n’abasore bigaragambya mu Mujyi wa Goma nyuma y’ibyo bita (uburyarya bwabo mu kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DRC). Irindi bendera rya Amerika ndetse n’iry’u Bubiligi yaherukaga gutwika mu myigaragambyo y’i Kinshasa.

Advertisements

Muri iki gitondo cyo kuwa Mbere, uru rubyiruko rwigabije imihanda mu rwego rwo gushyigikira FARDC mu kurwanya M23.

Abigaragambya ngo biyemeje guhatira Umuryango Mpuzamahanga kugira icyo ukora mu kugarura amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ibendera rya Amerika ryatwitswe mu gihe ku Cyumweru, Perezida Félix Tshisekedi yahuriye i AddisAbaba, muri Ethiopia, na Madamu Molly Phee, Umunyamabanga wa Leta wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ibibazo bya Afurika, ku bijyanye n’umutekano mu burasirazuba bwa DRC.

Madamu Molly Phee yijeje Perezida Tshisekedi inkunga ya USA mu gukemura ikibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DRC. Avuga ko yumva gucika intege kw’abaturage ba Congo.

Si ubwa mbere ibendera ry’Amerika ritwitswe n’abigaragambya muri DRC

Emmy

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago