IMYIDAGADURO

Nkusi Arthur na Fiona baritegura kwibaruka nyuma y’imyaka ibiri barushinze

Umunyarwenya akaba n’umunyamakuru Nkusi Arthur wamenyekanye nka Rutura n’umugore we Miss Muthoni Fiona, baritegura kwibaruka imfura yabo.

Advertisements

Babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo aba bombi basangije ababakurikira amashusho agaragaza ko Fiona atwite ndetse ko bitegura kwibaruka.

Ni mu mashusho bashyizeho bigaragaza ko bombi bagiye mu butembere ariko kandi bikaba ibyishimo byo kwitegura kwibaruka, dore ko Fiona asa n’ukuriwe.

Arthur Nkusi na Fiona bagiye kwibaruka imfura yabo nyuma y’imyaka irenga ibiri bakoze ubukwe.

Ubukwe bwabo bwabaye ku wa 14 Kanama 2021, bubera ku mucanga wa Rushel Kivu Lodge Hotel.

Ubukwe bwabo bwabereye ku mahumbezi

Arthur Nkusi wamamaye nka Rutura ni umwe mu banyarwenya bakomeye u Rwanda rufite dore ko asanzwe anategura igitaramo yagiye atumiramo ibyamamare kizwi nka Seka Live.

Azwiho kandi kuba umwe mu bayobora ibirori bikomeye mu gihugu hamwe n’umugore we Miss Muthoni Fiona.

Arthur Nkusi n’umufasha we Miss Fiona bagiye kwibaruka imfura yabo nyuma y’imyaka ibiri barushinze

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago