INKURU ZIDASANZWE

Ruhango: Abanyerondo batemaguwe n’abantu bataramenyekana

Abantu bataramenyekana, bitwikiriye ijoro batemagura abanyerondo bane bacungaga umutekano. Byabereye mu Mudugudu wa Bunyankungu, Akagari ka Mutara, Umurenge wa Mwendo ho mu Karere ka Ruhango.

Advertisements

Abaturage babwiye itangazamakuru ko aba banyerondo baguye mu gico cy’abo bagizi ba nabi ahagana mu gicuku gishyira igitondo cyo kuri uyu wa kabiri, hanyuma bane muri batanu baratemagurwa hakoreshejwe imihoro y’ibigimbe.

Nemeyimana Jean Bosco, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mwendo, yatangaje ko aya makuru ariyo asaba abaturage kwicungira umutekano no gutangira amakuru ku gihe.

Yagize ati “Hatemwe abagabo 4 bari baraye ku irondo, batemaguwe n’abantu bakoresheje imihoro idatyaye bigaragara ko bari bameze nk’abahunga kuko ntabwo babatemaguye ngo babatere inguma zikomeye.”

Abanyerondo batemaguwe bajyanywe ku Kigo Nderabuzima cya Gishweru kugirango bitabweho n’abaganga.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago