IMYIDAGADURO

Kenny Sol yasinye muri 1:55 AM ibarizwamo Bruce Melodie

Umuhanzi Kenny Sol uri bamaze gushinga imizi mu muziki w’u Rwanda yamaze gushyira umukono ku masezerano n’inzu ya 1:55AM ifasha abahanzi barimo Bruce Melodie.

Advertisements

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 21 Gashyantare, nibwo Nobert Rusanganwa wamamaye nka Kenny Sol yashyize umukono w’amasezerano yo kwinjira mu mubare w’abahanzi basanzwe bafashwa n’nzu ibarizwamo Bruce Melodie na Ross Kana.

Bimenyekanye ko Kenny Sol ariwe wasinye muri iy’inzu nyamara uwavugwaga cyane yari Kevin Kade.

Kenny Sol yerekeje muri 1:55 AM isanzwe ibarizwamo Bruce Melodie

Kwerekeza muri iyi nzu gusa byari byoroshye cyane kuri Kenny Sol kuko n’ubusanzwe uyu muhanzi yigeze gukorana na Bruce Melodie ubwo yazamuraga uyu muhanzi abinyujije ‘Igitangaza Lebel’ ndetse siwe wenyine kuko yafashije na Juno Kizigenza ariko kandi bakaba basanzwe ari n’inshuti.

Kenny Sol kandi yakoranye n’indirimbo nyinshi na Bruce Melodie zakunzwe cyane cyane iyo bise ‘Ikinyafu’.

Inzu ya 1:55 AM yashinzwe n’umushoramari Coach Gael yarisanzwe ibarizwamo abahanzi babiri aribo Bruce Melodie, Ross Kana hakaba hiyongereyeho Kenny Sol.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago