INKURU ZIDASANZWE

Perezida Putin yasabye ko umubyeyi wa Alexei Navalny uherutse gupfa kumushyingura mu muhezo

Nyuma y’uko umubyeyi w’uwafatwaga nkukuriye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya, yemeye ko bamwereka umurambo w’umuhungu we, ubu haravugwa ko ubutegetsi buri kumusaba kudashyira ku mugaragaro ibikorwa byo gushyingura, akazabikora mu muhezo.

Ibi ni ibikubiye mu butumwa buri mu mashusho yashyizwe hanze na Lyudmila Navalnaya, nyina wa Alexei Navalny ku mugoroba wa tariki 24 Gashyantare, aho akomeje gushinja Perezida Putin kuba inyuma y’urupfu rw’umuhungu we.

Mu ntangiriro ziki cyumuweru umufasha wa Nyakwigendera Yulia Navalnaya, yavuze ko agiye gukomeza urugendo umugabo we yari yaratangiye cyakora Leta y’Uburusiya yahakanye ibyo bivugwa, bavuga ko nta ruhare babifitemo ndetse bari gukora iperereza.

Alexei Navalny yaguye muri gereza yiswe “Polar Wolf aho yarafungiye tariki ya 16 Gashyantare 2024, bivugwa ko yikubise hasi ari kugenda agata ubwenge bikarangira ashizemo umwuka.

Alexei Navalny wafatwaga nkukuriye abatavuga rumwe n’ubugetsi bwa Putin yitabye Imana tariki 16 Gashyantare 2024

Christian

Recent Posts

U Rwanda rwafatiwe ibihano n’ikindi gihugu gikomeye ku Isi

Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…

35 minutes ago

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

21 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

21 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

22 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

22 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago