Alexei Navalny wafatwaga nkukuriye abatavuga rumwe n’ubugetsi bwa Putin yitabye Imana tariki 16 Gashyantare 2024
Nyuma y’uko umubyeyi w’uwafatwaga nkukuriye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya, yemeye ko bamwereka umurambo w’umuhungu we, ubu haravugwa ko ubutegetsi buri kumusaba kudashyira ku mugaragaro ibikorwa byo gushyingura, akazabikora mu muhezo.
Ibi ni ibikubiye mu butumwa buri mu mashusho yashyizwe hanze na Lyudmila Navalnaya, nyina wa Alexei Navalny ku mugoroba wa tariki 24 Gashyantare, aho akomeje gushinja Perezida Putin kuba inyuma y’urupfu rw’umuhungu we.
Mu ntangiriro ziki cyumuweru umufasha wa Nyakwigendera Yulia Navalnaya, yavuze ko agiye gukomeza urugendo umugabo we yari yaratangiye cyakora Leta y’Uburusiya yahakanye ibyo bivugwa, bavuga ko nta ruhare babifitemo ndetse bari gukora iperereza.
Alexei Navalny yaguye muri gereza yiswe “Polar Wolf aho yarafungiye tariki ya 16 Gashyantare 2024, bivugwa ko yikubise hasi ari kugenda agata ubwenge bikarangira ashizemo umwuka.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…