IMIKINO

Tour du Rwanda2024: Umunya-Belarus Viachaslau Shpakouski yakuwe mu irushanwa

Umunya-Belarus Viachaslau Shpakouski ukinira May Stars yo mu Rwanda yakuwe muri Tour du Rwanda umwaka 2024, ubwo hakinwaga Agace ka Rukomo-Kayonza nyuma yo gufata ku modoka.

Advertisements

Aya ni amakosa asa neza nayaherutse kuba ku Munyarwanda Ngendahayo Jeremie nawe wafashe ku modoka ubwo yasiganwaga muri irushanwa rya Tour du Rwanda mu gace kavaga i Karongi kerekeza i Rubavu.

Uyu musore nawe ukinira May Stars yaje gukurwa mu irushanwa ndetse acibwa n’amande angana n’ibihumbi 270 Frw, anakurwaho amanota 50 k’urutonde rw’umukino w’amagare ku isi.

Umunya-Belarus Viachaslau Shpakouski  we yaciwe amande y’ibihumbi 270 Frw, anakurwaho amanota 50 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi, UCI.

Umunya-Belarus Viachaslau Shpakouski yakuwe mu irushanwa rya Tour du Rwanda

Iri kosa ryanatumye Team Manager w’iyi kipe, Aklilu Haile Zeweldi afatirwa ibihano birimo kuvanwa mu irushanwa, gukuramo imodoka ye no gucibwa amande y’ibihumbi 270 Frw.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago