Itangazo rya Guverinoma y’Uburundi rimaze akanya gato risohotse, riravuga ko Red Tabara ariyo yaraye igabye igitero muri Bubanza yica abantu 14 barimo abasirikare batandatu. I Bujumbura bongeye kuvuga ko u Rwanda ari rwo rutoza rukanashyigikira uyu mutwe.
Iti tangazo ryashyizwe umukono n’umunyamabanga mukuru mu Biro bya Perezidansi y’Uburundi witwa Jerôme Niyonzima.
Mu itangazo bavuga ko bashenguwe n’abantu bishwe nizo nyeshyamba bagera kuri 16 barimo 9 b’Abasivile n’abagore 6. Abandi bantu batanu bakomeretse barimo abagore batatu.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…