POLITIKE

Uburundi bwasohoye itangazo rishinja u Rwanda gufasha RED Tabara mu gitero cyaraye kibaye

Itangazo rya Guverinoma y’Uburundi rimaze akanya gato risohotse, riravuga ko Red Tabara ariyo yaraye igabye igitero muri Bubanza yica abantu 14 barimo abasirikare batandatu. I Bujumbura bongeye kuvuga ko u Rwanda ari rwo rutoza rukanashyigikira uyu mutwe.

Advertisements

Iti tangazo ryashyizwe umukono n’umunyamabanga mukuru mu Biro bya Perezidansi y’Uburundi witwa Jerôme Niyonzima.

Mu itangazo bavuga ko bashenguwe n’abantu bishwe nizo nyeshyamba bagera kuri 16 barimo 9 b’Abasivile n’abagore 6. Abandi bantu batanu bakomeretse barimo abagore batatu.

Emmy

Recent Posts

Umushyitsi yasuye Neg G the General apfira mu rugo rwe

Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…

4 hours ago

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije #Kwibuka32

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…

3 days ago

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye mu murenge

Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…

1 month ago

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

6 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

6 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

7 months ago