Itangazo rya Guverinoma y’Uburundi rimaze akanya gato risohotse, riravuga ko Red Tabara ariyo yaraye igabye igitero muri Bubanza yica abantu 14 barimo abasirikare batandatu. I Bujumbura bongeye kuvuga ko u Rwanda ari rwo rutoza rukanashyigikira uyu mutwe.
Iti tangazo ryashyizwe umukono n’umunyamabanga mukuru mu Biro bya Perezidansi y’Uburundi witwa Jerôme Niyonzima.
Mu itangazo bavuga ko bashenguwe n’abantu bishwe nizo nyeshyamba bagera kuri 16 barimo 9 b’Abasivile n’abagore 6. Abandi bantu batanu bakomeretse barimo abagore batatu.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…