RWANDA

RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Mumbai

Sosiyete ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yatangaje ko ihagaritse ingendo zayo yagiriraga i Mumbai mu gihugu cy’Ubuhinde.

Advertisements

Mu itangazo yashyize ahagaragara RwandAir yatangaje ibabajwe no gutanga isubikwa ry’ingendo zijya n’iziva i Mumbai mu Buhinde kuva tariki 15 Werurwe 2024.

Bongeyeho ko bihanganishije abagenzi bayo bose bari bafite itike zigomba kubafasha kugenda, ko bakwiriye kubegera bakabafasha, bagazasubizwa amafaranga yabo cyangwa se bakemererwa guhindurirwa itike nta kindi kiguzi basabwe ubwo bazaba bashaka kwerekeza i Mumbai.

RwandAir yihanganishije abagenzi muri rusange kuri izo ngaruka.

Icyakora cyo iyi Sosiyete ikora ubwikorezo bwo mu kirere ntiyatangaje impamvu nyamakuru yisubikwa ry’ingendo ziva nizerekeza i Mumbai.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago