Ku wa gatatu tariki ya 28 Gashyantare, urukiko rwa gisirikare rwa Kivu ya ruguru rwakatiye igihano cy’urupfu Colonel Dogmatisa Paluku, umuyobozi wa kabiri ushinzwe ibikorwa by’ingabo za 3410 zifite icyicaro i Masisi-Centre.
Ni nyuma yo guhamwa n’ibyaha by’intambara agasabirwa kwicwa.
Urukiko rwa gisirikare rurega uyu musirikare mukuru kubohera mu mugongo inyeshyamba ebyiri za APCLS Baraka na Ushindi mu 2021 hanyuma akazishyingura ari nzima mu mva imwe.
Aba bombi bari bamanitse amaboko bishyikiriza FARDC mu gace ka Kahangole.
Urukiko rwataburuye imirambo y’abishwe hagamijwe iperereza, nyuma baza gushyingurwa mu cyubahiro.
Iburanisha ryamaze hafi amezi arindwi kandi rigirwamo uruhare na MONUSCO binyuze mu gice cyahariwe kunganira ubutabera.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…