RWANDA

Ingendo zahagaritswe mu kiyaga cya Kivu kubera ibisasu byahaguye

Ibisasu byashinjwe inyeshyamba za M23 byatewe ku bwato muri Sake-Bweremana mu majyepfo ya teritwari ya Masisi bihungabanya ingendo z’abasivili mu kiyaga cya Kivu, hagati ya Minova na Goma (Kivu y’Amajyaruguru).

Advertisements

Radio Okapi yavuze ko Sosiyete sivile yavuze ko kimwe mu bisasu byarashwe ku mugoroba wo ku wa gatatu tariki ya 13 Werurwe,cyavuye ku musozi wa Ndumba wigaruriwe n’inyeshyamba za M23 mu majyaruguru ya Bweremana, cyibasiye ubwato bwavaga i Goma bwerekeza Minova buri mu kiyaga cya Kivu, hafi ya Buzi, Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko aya makuru abitangaza, ubu bwato bwa kompanyi ya Baraka bwari butwaye abagenzi ndetse n’imiti guverinoma ya Kongo yari yohereje i Minova. Aya makuru avuga ko nta muntu wapfuye, ariko ubwato bwangiritse.

Sosiyete sivile ivuga ko mu minsi irindwi ishize, kuva ku wa kane w’icyumweru gishize, byibuze amato atanu yagendaga ku kiyaga cya Kivu yarashweho amabombe n’inyeshyamba hiyongereyeho ibindi bisasu byaguye mu duce tumwe na tumwe twa Minova ndetse na Sake.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago