Humphrey Mayanja, wari umuvandimwe w’abahanzi Joseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone, Pallaso na Weasel bamamaye mu muziki wa Uganda, yapfuye.
Humphrey wari mukuru w’aba bahanzi, yapfuye nyuma y’igihe kirekire yari amaze arwaye.
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo muri Uganda avuga ko yari amaze igihe arwaye kanseri y’igifu.
Inkuru y’urupfu rwe yemejwe na Dr Jose Chameleone ndetse n’ibitangazamakuru bitandukanye muri Uganda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo yapfuye aguye mu bitaro bya Mulago i Kampala, aho yari amaze iminsi arwanira n’ubuzima.
Muri Nyakanga umwaka ushize ni bwo Humphrey yari yabagiwe igifu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mbere y’uko kimurembya guhera mu ntangiriro z’uyu mwaka.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…